Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 6, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Umuyobozi mukuru ureba intara ya Ituri ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Johnny Luboya Nkashama, niwe wahaye gasopo Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23 amuteguza ko ingabo za RDC ziteguye guhangana n’uyu mutwe mu gihe waba ugerageza kwinjira muri iyi ntara ya Ituri.

Ibi Lt Gen Johnny Luboya Nkashama yabivuze ubwo yagezaga ijambo ku baturage baturiye intara ya Ituri. Yamenyesheje Nangaa ko nta muvandimwe we n’umwe ubarizwa muri iyi ntara ya Ituri. Anashinja Nangaa guha Abanyamahanga iki gihugu cya RDC.

Yagize ati: “Mwiyumviye ubwanyu ubutumwa bwatanzwe na Nangaa. Yarababwiye ati ‘bavandimwe banjye bo muri Ituri ni muntegereze, ndenda kubageraho.’ Nangaa, nta bavandimwe ufite hano. Nta bandi bahari batari Abanyekongo n’abanya-Ituri. Urazana n’abanyamahanga hanyuma ukavuga ko uri umuvandimwe wacu? Gumana iyo ngiyo na bo.”

Ntiyarekeye aho kuko yahise anateguza M23 na Nangaa ko biteguwe muri Ituri.

Ati: “Twiteguye gusubiza ku byaba byose. Twishimiye kuba amoko yose y’abanya-Ituri bari inyuma yacu.”

AFC/M23 iragenzura ibice byinshi kandi bitandukanye byo muri Kivu Yaruguru, ndetse abayobozi bayo bakunze kugaragaza ko biteguye no kwinjira mu zindi ntara harimo n’iya Ituri.

Byumwihariko, Nangaa agize igihe asaba abavandimwe be batuye muri Ituri guhuza imbaraga na M23 bagashyira iherezo ku bwicanyi bukorwa n’ingabo za RDC n’imitwe y’iterabwoba nka ADF na CODECO.

Gusa, kuri ubu imirwano isa n’iyagabanijeho umurego hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, ni nyuma y’imirwano ikaze yagiye ibera muri Rutshuru, Masisi na Lubero mu kwezi gushize.

              MCN
Tags: FardcIturiM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post

EU set to launch formal probe into Nzivia’s $54bn takeover of Arm

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?