Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 19, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

You might also like

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, bashyize umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano ibera mu Burasizuba bwa RDC.

Aya masezerano yashyizweho umukono n’abahagarariye impande zombi, nyuma y’ibiganiro byari bimaze iminsi bibera i Doha muri Qatar.

Ku rundi ruhande Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagiye zishyigikira byimazeyo ibi biganiro, kuko akenshi yagiye itangaza ko ibi biganiro biganisha ku gutorera umuti ibibazo by’intambara imaze imyaka irenga 20 mu Burasirazuba bwa Congo.

Perezida Donald Trump ubwe yanatangaje ko yizeye ko amahoro agiye kuboneka muri RDC, ndetse agaragaza ko ayo mahoro azafasha ishoramari ryo mu bihugu byo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi.

Imirwano imaze hafi imyaka itatu ihanganishije AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa imaze guhitana abasivili babarirwa mu bihumbi amagana, abandi benshi berekeje mu buhungiro.

Mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025, Qatar yahuje perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, aho bombi bahise batangaza guhagarika imirwano bidatinze.

Ibi biganiro by’abakuru b’ibihugu u Rwanda na Congo, byakurikiwe n’ibyahuje AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ibi byabaye mu gihe guverinoma ya Congo yari yaranze mbere gahunda iyo ari yo yose, yayihuza n’umutwe wa M23 uyirwanya, kabone nubwo kuri ubu bari kuganira.

Tags: AFC/m23AmasezeranoDoha
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi. Umunyapolitiki, Robert Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine, akaba arwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yiswe Umurundi. Bikubiye mu butumwa...

Read moreDetails

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry'imipaka. Alhajji Kalisa Farid, uhagarariye Uganda muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yahamagajwe n'ubutegetsi bw'iki gihugu gutanga...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?