• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku rugamba rukomeye rwabereye i Ngungu muri Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku rugamba rukomeye rwabereye i Ngungu muri Masisi.
164
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku rugamba rukomeye rwabereye i Ngungu muri Masisi.

You might also like

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Kuri uyu wa gatatu, itariki ya 15/01/2025, muri centre ya Ngungu ho muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu Yaruguru, habyukiye intambara ikomeye hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, maze uriya mutwe wigaranzura ririya huriro, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mirwano, amasoko yacu avuga ko yari komeye kandi ko byarangiye ihuriro ry’abarwana ku ruhande rwa Leta bahunze muri kariya gace, ubundi M23 irakigarurira kose.

Kuva mu Cyumweru gishize aka gace kagiye kaberamo imirwano, ndetse kumenya uruhande rukagenzura byari ihurizo rikomeye.

Ariko nk’uko amasoko yacu atandukanye dukesha iyi nkuru abivuga, buri ruhande rwari rufite agace ruyoboye, kuko Ngungu ni Localité, kandi ikaba ari agace kagutse.

Gusa mu ntambara zabaye mu mwaka ushize, umutwe wa M23 wari warakigaruriye, ukaba wari ukamazemo amezi arenga icyenda.

Nyamara mu mirwano yabaye uyu munsi, umutwe wa M23 wakabohoje kose.
Umuvugizi w’ungirije wa M23, Oscar Barinda, yari aheruka no gutangaza ko bikuye muri ako gace kumpamvu zokwanga kurwanira mu baturage, ari nabwo FARDC n’abambari bayo bahise batangaza ko bafashe Ngungu.

Icyo gihe Leta ya Kinshasa ni bwo yahise itanga agashimwe kuri buri musirikare winjiye muri ako gace, kandi buri wese ahabwa idorali makumyabiri z’Amerika.

Minembwe.com yanahawe n’ubuhamya bw’umusirikare wa Leta aho yagize ati: “Leta yari yaduhaye agashimwe, kuko twinjiye muri Ngungu. Buri musirikare yariko ahabwa 20$, none M23 yongeye kutwirukana.”

Ubu buhamya bukomeza bugira buti: “Ngungu twayivuyemo nabi. M23 yahafashe hose.”

Iyi nkuru inavuga kandi ko urugamba rwabereye i Ngungu rwaguyemo abasirikare 215 bo ku ruhande rwa Leta, kandi ko 70% by’abapfuye ari abasirikare b’u Burundi, ndetse kandi muri aba bapfuye barimo n’abofisiye bakuru, nk’uko byakomeje bivugwa na Oscar Barinda.

Ariko kugeza ubu ntacyo uruhande rwa Leta ruratangaza kuri iyi nkuru.

Urubuga ruri muzikunda gutangaza intambara ibera muri Masisi, rwagize ruti: “Abana b’u Burundi baguye ku rugamba ari benshi i Ngungu muri teritware ya Masisi.”

Urwo rubuga rwanavuze ko iyo operasiyo Leta yari yayihaye izina rya “Caterpillar,” aho yari ifite intego yo kwirukana umutwe wa M23 muri ako gace.

Gusa birangiye ingabo za, FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’abacanchuro ari bo birukanywe muri kariya gace.

Kurundi ruhande, amakuru avuga ko mu mirwano yabereye muri teritware ya Nyiragongo M23 yafashe akandi gace kitwa Nditi.

Tags: M23MasisiNgunguOperasiyo
Share66Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026 Mu myaka ya vuba, umugabane wa Afurika wakomeje kugaragaza impinduka zifatika mu...

Read moreDetails

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails
Next Post
Ni bura abasirikare b’u Burundi 1000 kirenga, nibo bamaze kugwa muri Masisi.

Ni bura abasirikare b'u Burundi 1000 kirenga, nibo bamaze kugwa muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?