Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 4, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi kuri uyu wa gatatu araja i Luanda muri Angola aho ajya kuganira na perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ni mu ruzinduko Biden ari busure icyambu cya Lobito, giherereye mu Burengerazuba bw’umuhora wa Lobito muri Angola.

Uyu muhora wa mbuka Angola uhuza inkombe z’inyanja ya Atlantika na Repubulika ya demokarasi ya Congo. Biteganijwe ko uzanyunyuzwamo amabuye y’agaciro n’umutungo kamere bijya hakurya ya Atlantika.

Bikaba biri mu byatumye perezida Félix Tshisekedi agomba kwerekeza muri Angola kugira ngo aganire na Biden uri yo.
Kuri uyu munsi hanateganyijwe inama y’ibihugu byombi hagati ya Félix na perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Amerika ishishikajwe cyane no gushyira mu bikorwa uyu mushinga.
Ni mu gihe uyu mushinga w’umuhora wa Lobito uhagarariye kimwe mu bintu byingenzi bigize ubufatanye bw’akarere ndetse n’amahanga muri Afrika yo hagati n’amajyepfo.

Tina Salama, umuvugizi wa Tshisekedi yatangaje ko ibikorwa byinshi biri kuri gahunda y’uru rugendo rugifi, birimo gusura uruganda, kugenzura icyambu cya Lobito, ndetse n’inama ntoya ihuza RDC, Angola na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Hari n’andi makuru avuga ko Tanzania nayo yatumiwe.

Byanasobanuwe ko uyu mushinga ari ingenzi kuri RDC, hari ni cyizere ko hazakomeza ubufatanye n’Abanyamerika na nyuma ya Joe Biden nava muri White House.Urugendo rwa Félix Tshisekedi muri Angola ruraba rugufi, ariko rufungura inzira y’ibiganiro by’ingenzi, cyane cyane ku makimbirane hagati ya RDC n’u Rwanda mu rwego rw’ibiganiro by’i Luanda.

Ibyo bibaye kandi mu gihe ku itariki ya 15/12/2024, i Luanda hateganyijwe inama izahuza perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame w’u Rwanda aho bazaba bari kumwe na perezida Lourenço wa Angola.

Tags: AngolaLobitoTshisekedi
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?