• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi kuri uyu wa gatatu araja i Luanda muri Angola aho ajya kuganira na perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ni mu ruzinduko Biden ari busure icyambu cya Lobito, giherereye mu Burengerazuba bw’umuhora wa Lobito muri Angola.

Uyu muhora wa mbuka Angola uhuza inkombe z’inyanja ya Atlantika na Repubulika ya demokarasi ya Congo. Biteganijwe ko uzanyunyuzwamo amabuye y’agaciro n’umutungo kamere bijya hakurya ya Atlantika.

Bikaba biri mu byatumye perezida Félix Tshisekedi agomba kwerekeza muri Angola kugira ngo aganire na Biden uri yo.
Kuri uyu munsi hanateganyijwe inama y’ibihugu byombi hagati ya Félix na perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Amerika ishishikajwe cyane no gushyira mu bikorwa uyu mushinga.
Ni mu gihe uyu mushinga w’umuhora wa Lobito uhagarariye kimwe mu bintu byingenzi bigize ubufatanye bw’akarere ndetse n’amahanga muri Afrika yo hagati n’amajyepfo.

Tina Salama, umuvugizi wa Tshisekedi yatangaje ko ibikorwa byinshi biri kuri gahunda y’uru rugendo rugifi, birimo gusura uruganda, kugenzura icyambu cya Lobito, ndetse n’inama ntoya ihuza RDC, Angola na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Hari n’andi makuru avuga ko Tanzania nayo yatumiwe.

Byanasobanuwe ko uyu mushinga ari ingenzi kuri RDC, hari ni cyizere ko hazakomeza ubufatanye n’Abanyamerika na nyuma ya Joe Biden nava muri White House.Urugendo rwa Félix Tshisekedi muri Angola ruraba rugufi, ariko rufungura inzira y’ibiganiro by’ingenzi, cyane cyane ku makimbirane hagati ya RDC n’u Rwanda mu rwego rw’ibiganiro by’i Luanda.

Ibyo bibaye kandi mu gihe ku itariki ya 15/12/2024, i Luanda hateganyijwe inama izahuza perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame w’u Rwanda aho bazaba bari kumwe na perezida Lourenço wa Angola.

Tags: AngolaLobitoTshisekedi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?