• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ruzinduko ruto ariko rubyara inyungu kuri RDC, Tshisekedi agirira i Luanda uyu munsi.

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi kuri uyu wa gatatu araja i Luanda muri Angola aho ajya kuganira na perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

READ ALSO

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

Ni mu ruzinduko Biden ari busure icyambu cya Lobito, giherereye mu Burengerazuba bw’umuhora wa Lobito muri Angola.

Uyu muhora wa mbuka Angola uhuza inkombe z’inyanja ya Atlantika na Repubulika ya demokarasi ya Congo. Biteganijwe ko uzanyunyuzwamo amabuye y’agaciro n’umutungo kamere bijya hakurya ya Atlantika.

Bikaba biri mu byatumye perezida Félix Tshisekedi agomba kwerekeza muri Angola kugira ngo aganire na Biden uri yo.
Kuri uyu munsi hanateganyijwe inama y’ibihugu byombi hagati ya Félix na perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Amerika ishishikajwe cyane no gushyira mu bikorwa uyu mushinga.
Ni mu gihe uyu mushinga w’umuhora wa Lobito uhagarariye kimwe mu bintu byingenzi bigize ubufatanye bw’akarere ndetse n’amahanga muri Afrika yo hagati n’amajyepfo.

Tina Salama, umuvugizi wa Tshisekedi yatangaje ko ibikorwa byinshi biri kuri gahunda y’uru rugendo rugifi, birimo gusura uruganda, kugenzura icyambu cya Lobito, ndetse n’inama ntoya ihuza RDC, Angola na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Hari n’andi makuru avuga ko Tanzania nayo yatumiwe.

Byanasobanuwe ko uyu mushinga ari ingenzi kuri RDC, hari ni cyizere ko hazakomeza ubufatanye n’Abanyamerika na nyuma ya Joe Biden nava muri White House.Urugendo rwa Félix Tshisekedi muri Angola ruraba rugufi, ariko rufungura inzira y’ibiganiro by’ingenzi, cyane cyane ku makimbirane hagati ya RDC n’u Rwanda mu rwego rw’ibiganiro by’i Luanda.

Ibyo bibaye kandi mu gihe ku itariki ya 15/12/2024, i Luanda hateganyijwe inama izahuza perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame w’u Rwanda aho bazaba bari kumwe na perezida Lourenço wa Angola.

Tags: AngolaLobitoTshisekedi

Related Posts

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Next Post
Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Inkongi Yahitanye Abanyeshuri i Bukavu: Nangaa n’Abayobozi ba AFC-M23 Bitabiriye Umuhango wo Kubasezeraho
  • Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
  • Sauvons la RDC Yamaganira Kure Gahunda y’Ibiganiro bya Tshisekedi
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?