• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.

minebwenews by minebwenews
December 30, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.
110
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Itsinda ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, rya brigade ya 12 ribarizwamo na Colonel Alexis Rugabisha, ryoherejwe gukorera mu duce duherereye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka w’ 2024, ni bwo brigade y’ingabo za RDC ya 12 iyari imaze igihe kirenga imyaka 4 ikorera mu Minembwe yarahavanywe itumwa gukorera i Nyabibwe muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ubwo iyi brigade yavanywaga mu Minembwe, bamwe mu baturage baho barabyishimiye ni mu gihe ubuyobozi bwayo buzwiho kuba bwaragiye bakorana byahafi n’imitwe yitwaje intwaro irimo Maï-Maï, FDLR n’indi mu kwica Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Nyamara nubwo Abanyamulenge bashinja iyi brigade kuba yaragiye ibahohotera, ariko ibarizwamo n’umusirikare ubakomokamo, Col. Alexis Rugabisha aho ndetse ari nawe w’ungirije umuyobozi mukuru w’iyi brigade.

Kimwecyo, Col. Alexis Rugabisha yagiye ahabwa imyanya itandukanye muri iyi brigade, hari ubwo yigeze gushyingwa imiyoborere ubwo yari igikorera mu Minembwe, nyuma yaho agenda ahabwa indi myanya itandukanye.

Mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ni bwo iyi brigade yavanywe i Nyabibwe aho yarimaze amezi 5 ihakorera, yoherezwa mu duce tw’i Kavumu muri Bukavu.

Ibyo bikaba bikozwe nyuma y’aho Lt General Pacifique Masunzu ahawe kuyobora zone ya gatatu.
Aho benshi bahera bavuga ko Masunzu ari we wabikoze mu rwego rwo kugira ngo yiyegereze abantu be bahafi.

Zone ya gatatu yahawe kuyoborwa na Masunzu, irimo intara zitandatu, harimo n’iya Kivu y’Amajy’epfo.

Bikaba bizwi ko uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel(Rugabisha ) ari we soma mbike wa Gen Masunzu kuva mu mwaka w’ 2002.

Tags: Brigade 12FardcKavumuMinembweRugabisha
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.

FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?