• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.

minebwenews by minebwenews
December 30, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.
110
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Itsinda ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, rya brigade ya 12 ribarizwamo na Colonel Alexis Rugabisha, ryoherejwe gukorera mu duce duherereye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka w’ 2024, ni bwo brigade y’ingabo za RDC ya 12 iyari imaze igihe kirenga imyaka 4 ikorera mu Minembwe yarahavanywe itumwa gukorera i Nyabibwe muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ubwo iyi brigade yavanywaga mu Minembwe, bamwe mu baturage baho barabyishimiye ni mu gihe ubuyobozi bwayo buzwiho kuba bwaragiye bakorana byahafi n’imitwe yitwaje intwaro irimo Maï-Maï, FDLR n’indi mu kwica Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Nyamara nubwo Abanyamulenge bashinja iyi brigade kuba yaragiye ibahohotera, ariko ibarizwamo n’umusirikare ubakomokamo, Col. Alexis Rugabisha aho ndetse ari nawe w’ungirije umuyobozi mukuru w’iyi brigade.

Kimwecyo, Col. Alexis Rugabisha yagiye ahabwa imyanya itandukanye muri iyi brigade, hari ubwo yigeze gushyingwa imiyoborere ubwo yari igikorera mu Minembwe, nyuma yaho agenda ahabwa indi myanya itandukanye.

Mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ni bwo iyi brigade yavanywe i Nyabibwe aho yarimaze amezi 5 ihakorera, yoherezwa mu duce tw’i Kavumu muri Bukavu.

Ibyo bikaba bikozwe nyuma y’aho Lt General Pacifique Masunzu ahawe kuyobora zone ya gatatu.
Aho benshi bahera bavuga ko Masunzu ari we wabikoze mu rwego rwo kugira ngo yiyegereze abantu be bahafi.

Zone ya gatatu yahawe kuyoborwa na Masunzu, irimo intara zitandatu, harimo n’iya Kivu y’Amajy’epfo.

Bikaba bizwi ko uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel(Rugabisha ) ari we soma mbike wa Gen Masunzu kuva mu mwaka w’ 2002.

Tags: Brigade 12FardcKavumuMinembweRugabisha
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.

FDLR na FARDC nyinshi zafatiwe ku rugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?