• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in World News
0
Ndayishimiye yagaragaje ko ashaka kuganira n’u Rwanda.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

You might also like

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ni umuntu waranzwe no guhinduka cyane mubyo avuga, aho n’ubu yatangiye kwivana mu cyerekezo yarahagazemo cyo kurwanya umutwe wa m23 afatanyije n’umutwe wa FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Burasizuba bwa Congo.

Bigaragara neza ko perezida Ndayishimiye imvugo yari amazemo iminsi avuga yaba atangiye kuyihindura, ibyo urubuga rwa UBMNWs rwa sesenguye, rwavuze ko abantu bahindagurika cyane mu byo bavuga, mukwiye kubatinyira kure, aho rwagize ruti: “Neva muje mu mutinya! Ibyo avuze muri iki cyumweru, mu kindi azaba yabivuguruje. Benabo ni abantu babi cyane, ntacyizere bagirirwa.”

Rwagaragaje ko Ndayishimiye mu itangira rye, yari umuhuza hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa, ariko ko ibi yabivuyemo rugikubita, ngo kuko yahise yohereza ingabo ze gufatikanya n’iza Congo kurwanya m23.

Ruvuga ko ziriya ngabo z’u Burundi zimaze kugera kurugamba, aho gutsinda zaratsinzwe, ngo kubera ko zagiye zihemukirwa na perezida Evariste Ndayishimiye wari warazohereje muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ikindi n’uko mu gukubitwa n’umutwe wa m23, perezida Evariste Ndayishimiye yahise asa n’uwivumburiye u Rwanda, ndetse asa nushaka kurwana narwo nubwo atarabishoboye.

Mu gihe gito, Ndayishimiye avuye i Addiss-Ababa muri Ethiopia mu nama yari yahuje abakuru bibihugu icyo gihe, yaje asa kandi nk’uwahinduye icyerekezo cye, aho yaje avuga ko yaganiriye n’ibindi bihugu by’inshuti z’u Rwanda, ariko ko byamugaragarije ko u Rwanda rudashobora gutera igihugu cye, ni mu gihe yari amaze iminsi avuga ko urwo Rwanda ruri mu myiteguro yo kumugabaho igitero.

Ubwo nibwo yahise atangira kuvuga ko umutwe wa FDLR ari umutwe w’iterabwoba, kandi ko ugomba kurimburwa burundu.

Aha mutibagiwe ko u Burundi bwari bufanyije na FDLR ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo murugamba rwo kurwanya m23 mu Burasizuba bwa RDC.

Uyu musesenguzi yakomeje avuga ko perezida w’u Burundi agoye mukwizerwa, kandi ko iyo ari indwara ikomeye!
Yavuze kandi ko kuba perezida Evariste Ndayishimiye akomeza kuba “ikigeugeu,” ni ugushaka kutazava ku butegetsi, ngo kuko izo atari impuhwe z’iki gihugu cyabo agifitiye, hubwo ko ari inda ndende.

Yagaragaje ko ubu mu gihugu cy’u Burundi ko nta gitoro bafite, isukari, internet ndetse kandi ko n’ imihanda yari isanzweho yasenyutse bikomeye, n’ibindi n’ibindi.

Yashimangiye kandi ko nta kintu nakimwe wavuga ko ingoma ya Evariste Ndayishimiye yakoze cyangwa yahinduye muri iki gihugu.
Nk’uko abisobanura yagize ati: “Uretse kuba perezida Evariste Ndayishimiye yaramenye kubika ubwoba bwakarahanyuze mu Burundi nta kindi tuzi yagezeho.”

Yavuze kandi ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwumvisa cyane abaturage ko CNDD FDD ivuye ku butegetsi Abahutu boba bagiye kugira ikibazo, ariko ko ntakintu nakimwe iyi ngoma yabo ishobora kwiratana yamariye abenegihugu.

Mu gusoza yavuze ko Abasore b’Abahutu ari bo buzuye muri Zambia, Kenya, Malawi n’ahandi, aho bagiye gupagasa kubera kubura ibyo bakora mu Burundi. Uretse kuba baragiye gupagasa, yavuze ko ubutegetsi bw’iki gihugu bubica, ndetse ko abamaze kuburira ubuzima i Bujumbura n’ahandi mu Burundi ari benshi.

Tags: Evariste NdayishimiyeKigeugeuU Burundi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu Nk’uko bigaragara mu isesengura rikomeje gukwirakwira mu nzego za dipolomasi n’ubukungu ku Isi, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wafashe icyemezo...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gukoresha imvugo ikakaye irimo kwiyemera gukomeye, atangaza...

Read moreDetails

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza Minisitiri w’Intebe wa Leta ya Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye ko haterana byihutirwa Inama y’Abaminisitiri bashinzwe Ingabo n’Umutekano,...

Read moreDetails
Next Post
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?