Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 3, 2025
in World News
0
Ndayishimiye yagaragaje ko ashaka kuganira n’u Rwanda.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ni umuntu waranzwe no guhinduka cyane mubyo avuga, aho n’ubu yatangiye kwivana mu cyerekezo yarahagazemo cyo kurwanya umutwe wa m23 afatanyije n’umutwe wa FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Burasizuba bwa Congo.

Bigaragara neza ko perezida Ndayishimiye imvugo yari amazemo iminsi avuga yaba atangiye kuyihindura, ibyo urubuga rwa UBMNWs rwa sesenguye, rwavuze ko abantu bahindagurika cyane mu byo bavuga, mukwiye kubatinyira kure, aho rwagize ruti: “Neva muje mu mutinya! Ibyo avuze muri iki cyumweru, mu kindi azaba yabivuguruje. Benabo ni abantu babi cyane, ntacyizere bagirirwa.”

Rwagaragaje ko Ndayishimiye mu itangira rye, yari umuhuza hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa, ariko ko ibi yabivuyemo rugikubita, ngo kuko yahise yohereza ingabo ze gufatikanya n’iza Congo kurwanya m23.

Ruvuga ko ziriya ngabo z’u Burundi zimaze kugera kurugamba, aho gutsinda zaratsinzwe, ngo kubera ko zagiye zihemukirwa na perezida Evariste Ndayishimiye wari warazohereje muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ikindi n’uko mu gukubitwa n’umutwe wa m23, perezida Evariste Ndayishimiye yahise asa n’uwivumburiye u Rwanda, ndetse asa nushaka kurwana narwo nubwo atarabishoboye.

Mu gihe gito, Ndayishimiye avuye i Addiss-Ababa muri Ethiopia mu nama yari yahuje abakuru bibihugu icyo gihe, yaje asa kandi nk’uwahinduye icyerekezo cye, aho yaje avuga ko yaganiriye n’ibindi bihugu by’inshuti z’u Rwanda, ariko ko byamugaragarije ko u Rwanda rudashobora gutera igihugu cye, ni mu gihe yari amaze iminsi avuga ko urwo Rwanda ruri mu myiteguro yo kumugabaho igitero.

Ubwo nibwo yahise atangira kuvuga ko umutwe wa FDLR ari umutwe w’iterabwoba, kandi ko ugomba kurimburwa burundu.

Aha mutibagiwe ko u Burundi bwari bufanyije na FDLR ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo murugamba rwo kurwanya m23 mu Burasizuba bwa RDC.

Uyu musesenguzi yakomeje avuga ko perezida w’u Burundi agoye mukwizerwa, kandi ko iyo ari indwara ikomeye!
Yavuze kandi ko kuba perezida Evariste Ndayishimiye akomeza kuba “ikigeugeu,” ni ugushaka kutazava ku butegetsi, ngo kuko izo atari impuhwe z’iki gihugu cyabo agifitiye, hubwo ko ari inda ndende.

Yagaragaje ko ubu mu gihugu cy’u Burundi ko nta gitoro bafite, isukari, internet ndetse kandi ko n’ imihanda yari isanzweho yasenyutse bikomeye, n’ibindi n’ibindi.

Yashimangiye kandi ko nta kintu nakimwe wavuga ko ingoma ya Evariste Ndayishimiye yakoze cyangwa yahinduye muri iki gihugu.
Nk’uko abisobanura yagize ati: “Uretse kuba perezida Evariste Ndayishimiye yaramenye kubika ubwoba bwakarahanyuze mu Burundi nta kindi tuzi yagezeho.”

Yavuze kandi ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwumvisa cyane abaturage ko CNDD FDD ivuye ku butegetsi Abahutu boba bagiye kugira ikibazo, ariko ko ntakintu nakimwe iyi ngoma yabo ishobora kwiratana yamariye abenegihugu.

Mu gusoza yavuze ko Abasore b’Abahutu ari bo buzuye muri Zambia, Kenya, Malawi n’ahandi, aho bagiye gupagasa kubera kubura ibyo bakora mu Burundi. Uretse kuba baragiye gupagasa, yavuze ko ubutegetsi bw’iki gihugu bubica, ndetse ko abamaze kuburira ubuzima i Bujumbura n’ahandi mu Burundi ari benshi.

Tags: Evariste NdayishimiyeKigeugeuU Burundi
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?