• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in World News
0
Ndayishimiye yagaragaje ko ashaka kuganira n’u Rwanda.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

You might also like

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ni umuntu waranzwe no guhinduka cyane mubyo avuga, aho n’ubu yatangiye kwivana mu cyerekezo yarahagazemo cyo kurwanya umutwe wa m23 afatanyije n’umutwe wa FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Burasizuba bwa Congo.

Bigaragara neza ko perezida Ndayishimiye imvugo yari amazemo iminsi avuga yaba atangiye kuyihindura, ibyo urubuga rwa UBMNWs rwa sesenguye, rwavuze ko abantu bahindagurika cyane mu byo bavuga, mukwiye kubatinyira kure, aho rwagize ruti: “Neva muje mu mutinya! Ibyo avuze muri iki cyumweru, mu kindi azaba yabivuguruje. Benabo ni abantu babi cyane, ntacyizere bagirirwa.”

Rwagaragaje ko Ndayishimiye mu itangira rye, yari umuhuza hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa, ariko ko ibi yabivuyemo rugikubita, ngo kuko yahise yohereza ingabo ze gufatikanya n’iza Congo kurwanya m23.

Ruvuga ko ziriya ngabo z’u Burundi zimaze kugera kurugamba, aho gutsinda zaratsinzwe, ngo kubera ko zagiye zihemukirwa na perezida Evariste Ndayishimiye wari warazohereje muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ikindi n’uko mu gukubitwa n’umutwe wa m23, perezida Evariste Ndayishimiye yahise asa n’uwivumburiye u Rwanda, ndetse asa nushaka kurwana narwo nubwo atarabishoboye.

Mu gihe gito, Ndayishimiye avuye i Addiss-Ababa muri Ethiopia mu nama yari yahuje abakuru bibihugu icyo gihe, yaje asa kandi nk’uwahinduye icyerekezo cye, aho yaje avuga ko yaganiriye n’ibindi bihugu by’inshuti z’u Rwanda, ariko ko byamugaragarije ko u Rwanda rudashobora gutera igihugu cye, ni mu gihe yari amaze iminsi avuga ko urwo Rwanda ruri mu myiteguro yo kumugabaho igitero.

Ubwo nibwo yahise atangira kuvuga ko umutwe wa FDLR ari umutwe w’iterabwoba, kandi ko ugomba kurimburwa burundu.

Aha mutibagiwe ko u Burundi bwari bufanyije na FDLR ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo murugamba rwo kurwanya m23 mu Burasizuba bwa RDC.

Uyu musesenguzi yakomeje avuga ko perezida w’u Burundi agoye mukwizerwa, kandi ko iyo ari indwara ikomeye!
Yavuze kandi ko kuba perezida Evariste Ndayishimiye akomeza kuba “ikigeugeu,” ni ugushaka kutazava ku butegetsi, ngo kuko izo atari impuhwe z’iki gihugu cyabo agifitiye, hubwo ko ari inda ndende.

Yagaragaje ko ubu mu gihugu cy’u Burundi ko nta gitoro bafite, isukari, internet ndetse kandi ko n’ imihanda yari isanzweho yasenyutse bikomeye, n’ibindi n’ibindi.

Yashimangiye kandi ko nta kintu nakimwe wavuga ko ingoma ya Evariste Ndayishimiye yakoze cyangwa yahinduye muri iki gihugu.
Nk’uko abisobanura yagize ati: “Uretse kuba perezida Evariste Ndayishimiye yaramenye kubika ubwoba bwakarahanyuze mu Burundi nta kindi tuzi yagezeho.”

Yavuze kandi ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwumvisa cyane abaturage ko CNDD FDD ivuye ku butegetsi Abahutu boba bagiye kugira ikibazo, ariko ko ntakintu nakimwe iyi ngoma yabo ishobora kwiratana yamariye abenegihugu.

Mu gusoza yavuze ko Abasore b’Abahutu ari bo buzuye muri Zambia, Kenya, Malawi n’ahandi, aho bagiye gupagasa kubera kubura ibyo bakora mu Burundi. Uretse kuba baragiye gupagasa, yavuze ko ubutegetsi bw’iki gihugu bubica, ndetse ko abamaze kuburira ubuzima i Bujumbura n’ahandi mu Burundi ari benshi.

Tags: Evariste NdayishimiyeKigeugeuU Burundi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails
Next Post
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?