• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in World News
0
Ndayishimiye yagaragaje ko ashaka kuganira n’u Rwanda.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyu menya kuri perezida w’u Burundi waranzwe cyane no guhinduka mu majambo.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ni umuntu waranzwe no guhinduka cyane mubyo avuga, aho n’ubu yatangiye kwivana mu cyerekezo yarahagazemo cyo kurwanya umutwe wa m23 afatanyije n’umutwe wa FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Burasizuba bwa Congo.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Bigaragara neza ko perezida Ndayishimiye imvugo yari amazemo iminsi avuga yaba atangiye kuyihindura, ibyo urubuga rwa UBMNWs rwa sesenguye, rwavuze ko abantu bahindagurika cyane mu byo bavuga, mukwiye kubatinyira kure, aho rwagize ruti: “Neva muje mu mutinya! Ibyo avuze muri iki cyumweru, mu kindi azaba yabivuguruje. Benabo ni abantu babi cyane, ntacyizere bagirirwa.”

Rwagaragaje ko Ndayishimiye mu itangira rye, yari umuhuza hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa, ariko ko ibi yabivuyemo rugikubita, ngo kuko yahise yohereza ingabo ze gufatikanya n’iza Congo kurwanya m23.

Ruvuga ko ziriya ngabo z’u Burundi zimaze kugera kurugamba, aho gutsinda zaratsinzwe, ngo kubera ko zagiye zihemukirwa na perezida Evariste Ndayishimiye wari warazohereje muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ikindi n’uko mu gukubitwa n’umutwe wa m23, perezida Evariste Ndayishimiye yahise asa n’uwivumburiye u Rwanda, ndetse asa nushaka kurwana narwo nubwo atarabishoboye.

Mu gihe gito, Ndayishimiye avuye i Addiss-Ababa muri Ethiopia mu nama yari yahuje abakuru bibihugu icyo gihe, yaje asa kandi nk’uwahinduye icyerekezo cye, aho yaje avuga ko yaganiriye n’ibindi bihugu by’inshuti z’u Rwanda, ariko ko byamugaragarije ko u Rwanda rudashobora gutera igihugu cye, ni mu gihe yari amaze iminsi avuga ko urwo Rwanda ruri mu myiteguro yo kumugabaho igitero.

Ubwo nibwo yahise atangira kuvuga ko umutwe wa FDLR ari umutwe w’iterabwoba, kandi ko ugomba kurimburwa burundu.

Aha mutibagiwe ko u Burundi bwari bufanyije na FDLR ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo murugamba rwo kurwanya m23 mu Burasizuba bwa RDC.

Uyu musesenguzi yakomeje avuga ko perezida w’u Burundi agoye mukwizerwa, kandi ko iyo ari indwara ikomeye!
Yavuze kandi ko kuba perezida Evariste Ndayishimiye akomeza kuba “ikigeugeu,” ni ugushaka kutazava ku butegetsi, ngo kuko izo atari impuhwe z’iki gihugu cyabo agifitiye, hubwo ko ari inda ndende.

Yagaragaje ko ubu mu gihugu cy’u Burundi ko nta gitoro bafite, isukari, internet ndetse kandi ko n’ imihanda yari isanzweho yasenyutse bikomeye, n’ibindi n’ibindi.

Yashimangiye kandi ko nta kintu nakimwe wavuga ko ingoma ya Evariste Ndayishimiye yakoze cyangwa yahinduye muri iki gihugu.
Nk’uko abisobanura yagize ati: “Uretse kuba perezida Evariste Ndayishimiye yaramenye kubika ubwoba bwakarahanyuze mu Burundi nta kindi tuzi yagezeho.”

Yavuze kandi ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwumvisa cyane abaturage ko CNDD FDD ivuye ku butegetsi Abahutu boba bagiye kugira ikibazo, ariko ko ntakintu nakimwe iyi ngoma yabo ishobora kwiratana yamariye abenegihugu.

Mu gusoza yavuze ko Abasore b’Abahutu ari bo buzuye muri Zambia, Kenya, Malawi n’ahandi, aho bagiye gupagasa kubera kubura ibyo bakora mu Burundi. Uretse kuba baragiye gupagasa, yavuze ko ubutegetsi bw’iki gihugu bubica, ndetse ko abamaze kuburira ubuzima i Bujumbura n’ahandi mu Burundi ari benshi.

Tags: Evariste NdayishimiyeKigeugeuU Burundi

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
  • Un Munyamulenge au service de l’État à Kinshasa présente ses condoléances aux Bafuliiru, mais ne mentionne ni le génocide commis contre les Banyamulenge ni le vol de leur bétail
  • Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?