• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’umucancuro wemereye ubutegetsi bw’i Kinshasa kuburindira ibirombe by’amabuye y’agaciro.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2025
in Regional Politics
0
Iby’umucancuro wemereye ubutegetsi bw’i Kinshasa kuburindira ibirombe by’amabuye y’agaciro.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’umucancuro wemereye ubutegetsi bw’i Kinshasa kuburindira ibirombe by’amabuye y’agaciro.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Umunyamerika uyoboye itsinda rinini ry’abacancuro, witwa Erik Dean Prince, yemereye ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi kuburindira umutekano w’ ibirombe by’amabuye y’agaciro bwayo no kugenzura uburyo imisoro ikusanywa.

Ubw’umvikane hagati y’uyu mucancuro Prince n’u butegetsi bw’i Kinshasa bwabaye hagati mu kwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Ibiro ntara makuru by’Abongereza (Reuters) byashyize iyi nkuru hanze, byatagaje ko amakuru y’ubwumvikane hagati ya RDC n’uriya mucancuro bwayahawe n’abantu babiri, babemerera ko uyu mucancuro yumvikanye na RDC kuzayirindira umutekano w’amabuye y’agaciro no kugenzura uburyo imisoro ikusanywamo.

Uyu mucancuro bivugwa ko ari we washyinze ikigo cy’abacancuro cya Blackwater, kikaba cyaragiye gikora mu bihugu bitandukanye ku isi.

Mu mwaka wa 2010, yagurishije icyo kigo, nyuma y’aho abacancuro bari bakigize bashinjwe kwica abasivili muri Iraq. Ibi byaha byarabahamye, ariko Donald Trump arababarira ubwo yajyaga ku butegetsi muri manda ye ya mbere.

Impuguke z’umuryango w’Abibumbye zagaragaje ko Price yatangiye kugirana ibiganiro na Leta y’i Kinshasa mu mwaka wa 2023, imusaba kuyifasha kurinda umutekano wo mu Burasizuba bw’iki gihugu, ariko zigaragaza ko icyo gihe impande zombi ntacyo zagezeho.

Ahagana mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, Prince yemereye ubu butegetsi bw’i Kinshasa kuhereza abacancuro mu mujyi wa Goma, ariko uyu mugambi waje gupfuba nyuma y’aho M23 ifashe uyu mujyi tariki ya 27/01/2025.

Umuyobozi wo muri RDC yabwiye Reuters ko nyuma y’aho kujya i Goma byanze, abajyanama ba Prince bateganya gutangiza akazi muri Grand-Katanga, mu majy’Epfo ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Undi na none yayibwiye ko mu cyiciro cya mbere cy’ibikorwa bya Prince, hazibandwa ku kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro no kugenzura uburyo imisoro ikusanywa muri Grand-Katanga.

Ahanini cyane ngo banzabanza kwibanda ku birombe binini biri mu majy’epfo ya Congo, nibabona ko akazi kabo gatanga umusaruro mwiza bazaje no gukorera ahandi, mu buryo bwo kwagura.

Ku ruhande rw’ibiro bya perezida Felix Tshisekedi, umwe mu bakozi babyo, yabwiye Reuters ko amasezerano yamaze gusinywa hagati ya RDC na Prince, gusa ntiyabitangaho amakuru arambuye, kuko kugeza ubu umubare ntarengwa w’abacancuro bazoherezwa ntuzwi.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, RDC yatangiye kuganira na Leta Zunze ubumwe z’Amerika ku buryo bwayifasha kugarura amahoro mu Burasizuba bwayo, binyuze mu kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro iki gihugu cyibitseho.

Ni mu gihe kandi umujyanama wa perezida Donald Trump mu bufatanye na Afrika, Massad Boulos, aheruka kugirira uruzinduko i Kinshasa, aho yageze atangaza ko igihugu cye cyifuza aya masezerano, kandi ko gishyigikira ingamba zatuma umutekano muri RDC uboneka.

Mu kiganiro Boulos yagiranye n’itangaza makuru, yababwiye ko Amerika izifashisha uburyo bubiri mu gufasha RDC kubona amahoro, burimo ubwa dipolomasi ndetse n’ubw’ubukungu.

Hagataho, Leta y’i Kinshasa iheruka gutangaza ko ibyo yumvikanye na Prince bishobora kubamo impinduka zimwe na zimwe, bikajyanishwa n’amasezerano iki gihugu giteganya kugirana na Amerika.

Tags: IbirombePrinceRdc
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yaciwe amazi, hashimwa iya Bagaza wayoboye mbere.

Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yaciwe amazi, hashimwa iya Bagaza wayoboye mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?