• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’umujyi wa Goma bivugwa ko wafashwe na M23, menya ukuri kwabyo.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.
163
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’umujyi wa Goma bivugwa ko wafashwe na M23, menya ukuri kwabyo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu masahaya make ashyize y’iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 27/01/2025, umutwe wa M23 wafunze ibikorwa byo mu kiyaga cya Kivu, unasaba abaturage baturiye umujyi wa Goma gutekana.

Ibinyamakuru byinshi bikorera imbere mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, biremeza ko M23 yafashe umujyi wa Goma wose, ariko kugeza ubu uyu mutwe nturabyemeza byeruye.

Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze ahagana isaha z’ijoro wavuze ko abatuye umujyi wa Goma basabwa gutekana, kandi ko kubohora Goma byakozwe ku neza, ndetse kandi ko bari kubikurikirana.

Uyu mutwe uvuga ko igihe ntarengwa cy’amasaha 48 cyahawe Ingabo za FARDC ziri muri Goma cyageze, bityo ko zigomba guhita zirambika intwaro hasi, bakaziha MONUSCO, kandi bose bakaja kuri stade.

Ikindi uyu mutwe wategetse ko nta kindi kintu kigomba gukorerwa mu mazi y’ikiyaga cya Kivu ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa ngo kugeza igihe hazatangwa andi mabwiriza mashya.

Ni mu gihe no mu masaha y’igicamunsi cy’ahar’ejo, uyu mutwe watangaje ko wafunze ikibuga cy’indege cya Goma, ndetse kandi ko ugenzura ikirere cy’u mujyi wa Goma cyose.

Ariko kandi ibitero ku mujyi wa Goma byagiye byamaganirwa kure n’amahanga nk’uko byagiye bigarukwaho mu kanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi.

Iki kibazo cy’intambara ibera i Goma hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo cyatumye inama ya kanama ka Loni iterana igataraganya. Ni mu gihe uyu mutwe werekezaga gufata uyu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: GomaM23Yafashe
Share65Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.

Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?