• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’umujyi wa Goma bivugwa ko wafashwe na M23, menya ukuri kwabyo.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.
163
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’umujyi wa Goma bivugwa ko wafashwe na M23, menya ukuri kwabyo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Mu masahaya make ashyize y’iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 27/01/2025, umutwe wa M23 wafunze ibikorwa byo mu kiyaga cya Kivu, unasaba abaturage baturiye umujyi wa Goma gutekana.

Ibinyamakuru byinshi bikorera imbere mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, biremeza ko M23 yafashe umujyi wa Goma wose, ariko kugeza ubu uyu mutwe nturabyemeza byeruye.

Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze ahagana isaha z’ijoro wavuze ko abatuye umujyi wa Goma basabwa gutekana, kandi ko kubohora Goma byakozwe ku neza, ndetse kandi ko bari kubikurikirana.

Uyu mutwe uvuga ko igihe ntarengwa cy’amasaha 48 cyahawe Ingabo za FARDC ziri muri Goma cyageze, bityo ko zigomba guhita zirambika intwaro hasi, bakaziha MONUSCO, kandi bose bakaja kuri stade.

Ikindi uyu mutwe wategetse ko nta kindi kintu kigomba gukorerwa mu mazi y’ikiyaga cya Kivu ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa ngo kugeza igihe hazatangwa andi mabwiriza mashya.

Ni mu gihe no mu masaha y’igicamunsi cy’ahar’ejo, uyu mutwe watangaje ko wafunze ikibuga cy’indege cya Goma, ndetse kandi ko ugenzura ikirere cy’u mujyi wa Goma cyose.

Ariko kandi ibitero ku mujyi wa Goma byagiye byamaganirwa kure n’amahanga nk’uko byagiye bigarukwaho mu kanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi.

Iki kibazo cy’intambara ibera i Goma hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo cyatumye inama ya kanama ka Loni iterana igataraganya. Ni mu gihe uyu mutwe werekezaga gufata uyu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: GomaM23Yafashe
Share65Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.

Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?