• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’umutekano wa Minembwe byongeye kuzamo kidobya.

minebwenews by minebwenews
December 10, 2024
in Regional Politics
0
Iby’umutekano wa Minembwe byongeye kuzamo kidobya.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’umutekano wa Minembwe byongeye kuzamo kidobya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Komanda Secteur w’ungirije w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, uri mu ruzinduko rwakazi mu Minembwe ntiyahawe uburenganzira bwo kugera muri Nyarujoka, ibyatumye adakomeza ibiganiro yari yatangije bihuza abasirikare n’abaturage.

Ku wa gatanu w’icyumweru gishize ni bwo uyu musirikare mukuru yageze mu Minembwe aturutse mu bice byo muri teritware ya Fizi.

Agera muri ibi bice yasanze hari ubushamirane bukomeye hagati ya FARDC na Twirwaneho, ni nyuma y’uko iz’i ngabo za Leta zari ziheruka kugaba igitero mu baturage mu Kalingi kigasiga cyishe abasivile bane.

Ibyo byatumye abaturage batongera kurebana neza n’ingabo za RDC zisanzwe zifite icyicaro mu Minembwe; ndetse kandi aba basirikare bazenguruka centre ya Madegu. Bituma nta muturage wongeye kugira icyo ayiguriramo.

Ubwo komanda Secteur yari amaze kuhagera ibintu byongeye kuja muburyo, n’umutekano uragaruka; amaduka arafungurwa n’ibindi bikorwa byo muri centre byongera gukora nk’uko byari bisanzwe.

Ndetse ku wa gatandatu wakiriya Cyumweru dusoje, yakoresheje ibiganiro bigamije amahoro aho yahuje Col Jean Pierre Lwamba n’abachefs. Muri ibyo biganiro asezeranya ko azabikomeza kandi ko azagenda ahura n’inzego zitandukanye zo muri aka gace.

Avuga kandi ko azagera muri Nyarujoka na Mikenke. Gusa yaje kubwibwa ko kugera muri Nyarujoka bitamukundira ngo kuko hari umuhana w’abaturage birwanaho. Ibyatumye asubika n’ibindi biganiro yari yateguye ndetse no kuja mu Mikenke arabihagarika!

Aka gace ka Nyarujoka, kari hejuru yo ku Kiziba kakaba kandi hafi cyane no ku wa Banyarusuku. Nyarujoka ibarizwa muri Localité ya Kivumu ya mbere, iyobowe na mwami Kalojo.

Ibi bikaba biri mu byatumye kandi umutekano wa Minembwe wongera kuzamba, ndetse byanavuzwe ko abasirikare bongeye gutangira kunyaga Abanyamulenge no kubashyiraho itera bwoba.

Aya makuru anavuga ko hari uwanyagiwe i Lundu n’abandi bakaba bakangishijwe ubwo bashakaga kwinjira muri centre ya Minembwe, ku gicamunsi cya har’ejo. Nyuma gato y’uko uyu komanda Secteur yari avuye gusura ingabo ziri i Lundu kwa Mzee Buhimba.

Tags: KidobyaMinembwe
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibihano RDC yafatiwe byongerewe igihe.

Ibihano RDC yafatiwe byongerewe igihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?