• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’umutekano wa Minembwe byongeye kuzamo kidobya.

minebwenews by minebwenews
December 10, 2024
in Regional Politics
0
Iby’umutekano wa Minembwe byongeye kuzamo kidobya.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’umutekano wa Minembwe byongeye kuzamo kidobya.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Komanda Secteur w’ungirije w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, uri mu ruzinduko rwakazi mu Minembwe ntiyahawe uburenganzira bwo kugera muri Nyarujoka, ibyatumye adakomeza ibiganiro yari yatangije bihuza abasirikare n’abaturage.

Ku wa gatanu w’icyumweru gishize ni bwo uyu musirikare mukuru yageze mu Minembwe aturutse mu bice byo muri teritware ya Fizi.

Agera muri ibi bice yasanze hari ubushamirane bukomeye hagati ya FARDC na Twirwaneho, ni nyuma y’uko iz’i ngabo za Leta zari ziheruka kugaba igitero mu baturage mu Kalingi kigasiga cyishe abasivile bane.

Ibyo byatumye abaturage batongera kurebana neza n’ingabo za RDC zisanzwe zifite icyicaro mu Minembwe; ndetse kandi aba basirikare bazenguruka centre ya Madegu. Bituma nta muturage wongeye kugira icyo ayiguriramo.

Ubwo komanda Secteur yari amaze kuhagera ibintu byongeye kuja muburyo, n’umutekano uragaruka; amaduka arafungurwa n’ibindi bikorwa byo muri centre byongera gukora nk’uko byari bisanzwe.

Ndetse ku wa gatandatu wakiriya Cyumweru dusoje, yakoresheje ibiganiro bigamije amahoro aho yahuje Col Jean Pierre Lwamba n’abachefs. Muri ibyo biganiro asezeranya ko azabikomeza kandi ko azagenda ahura n’inzego zitandukanye zo muri aka gace.

Avuga kandi ko azagera muri Nyarujoka na Mikenke. Gusa yaje kubwibwa ko kugera muri Nyarujoka bitamukundira ngo kuko hari umuhana w’abaturage birwanaho. Ibyatumye asubika n’ibindi biganiro yari yateguye ndetse no kuja mu Mikenke arabihagarika!

Aka gace ka Nyarujoka, kari hejuru yo ku Kiziba kakaba kandi hafi cyane no ku wa Banyarusuku. Nyarujoka ibarizwa muri Localité ya Kivumu ya mbere, iyobowe na mwami Kalojo.

Ibi bikaba biri mu byatumye kandi umutekano wa Minembwe wongera kuzamba, ndetse byanavuzwe ko abasirikare bongeye gutangira kunyaga Abanyamulenge no kubashyiraho itera bwoba.

Aya makuru anavuga ko hari uwanyagiwe i Lundu n’abandi bakaba bakangishijwe ubwo bashakaga kwinjira muri centre ya Minembwe, ku gicamunsi cya har’ejo. Nyuma gato y’uko uyu komanda Secteur yari avuye gusura ingabo ziri i Lundu kwa Mzee Buhimba.

Tags: KidobyaMinembwe
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibihano RDC yafatiwe byongerewe igihe.

Ibihano RDC yafatiwe byongerewe igihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?