Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icenda barimo Ingabo za SADC bahasize ubuzima abandi bafatwa mpiri n’Ingabo za General Sultan Makenga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haravugwa abasirikare icenda (9) barimo Ingabo za SADC baje gufasha FARDC kurwanya M23 bishwe abandi barenga batatu bo mu Ngabo za RDC bafatwa mpiri.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu mirwano yabaye kumunsi w’ejo hashize tariki ya 12/01/2024, aho yarimo ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, byemezwa neza ko iriya mirwano yabereye mu gace ka Birere, gaherereye mu nkengero za Sake.

K’u mugoroba w’ejo hashize k’uwa Gatanu,umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Colonel Njdike Kaiko Guillaume yashinje M23 gutera ikibombe muri Birere ariko avugako nta we cyakomerekeje cyangwa ngo kigire uwo gihitana.

Gusa ibi ntacyo umutwe wa M23 urabivugaho.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko mu mirwano yahuje Ingabo z’u mutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa harimo n’Ingabo za SADC n’uko icyenda k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bahasize ubuzima abandi batatu mu Ngabo za RDC bafatwa amatekwa, mu bapfuye bya vuzwe ko abenshi arabo muri SADC.

Ubushize umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yabwiye itangaza makuru ko batazigera bemerera ihuriro ry’Ingabo za RDC ko ba bambura nibura santimetre imwe mu bice bafite.

Yagize ati: “Mubice tugenzura ihuriro ry’Ingabo za RDC ntizishobora ku twambura habe na santimetre imwe, hubwo twe tuza komeza gufata ahandi.”

Ni kenshi kandi major Willy Ngoma yagiye asobanura ko M23 yo mu mwaka w’2013 itandukanye kure niya 2023.

Aha yarimo avuga ko Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC ko zatsinze M23 yo mu mwaka w’2013 ariko kubu bitoshoboka.

Bruce Bahanda.

Tags: Bahasize ubuzimaBirereFardcSADCSake
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

U Rwanda rwa humurije Abarundi bari k'u butaka bw'igihugu c'u Rwanda ko kandi bo batakora ibyo Bujumbura yakoze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?