• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icenda barimo Ingabo za SADC bahasize ubuzima abandi bafatwa mpiri n’Ingabo za General Sultan Makenga.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haravugwa abasirikare icenda (9) barimo Ingabo za SADC baje gufasha FARDC kurwanya M23 bishwe abandi barenga batatu bo mu Ngabo za RDC bafatwa mpiri.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu mirwano yabaye kumunsi w’ejo hashize tariki ya 12/01/2024, aho yarimo ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, byemezwa neza ko iriya mirwano yabereye mu gace ka Birere, gaherereye mu nkengero za Sake.

K’u mugoroba w’ejo hashize k’uwa Gatanu,umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Colonel Njdike Kaiko Guillaume yashinje M23 gutera ikibombe muri Birere ariko avugako nta we cyakomerekeje cyangwa ngo kigire uwo gihitana.

Gusa ibi ntacyo umutwe wa M23 urabivugaho.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko mu mirwano yahuje Ingabo z’u mutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa harimo n’Ingabo za SADC n’uko icyenda k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bahasize ubuzima abandi batatu mu Ngabo za RDC bafatwa amatekwa, mu bapfuye bya vuzwe ko abenshi arabo muri SADC.

Ubushize umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yabwiye itangaza makuru ko batazigera bemerera ihuriro ry’Ingabo za RDC ko ba bambura nibura santimetre imwe mu bice bafite.

Yagize ati: “Mubice tugenzura ihuriro ry’Ingabo za RDC ntizishobora ku twambura habe na santimetre imwe, hubwo twe tuza komeza gufata ahandi.”

Ni kenshi kandi major Willy Ngoma yagiye asobanura ko M23 yo mu mwaka w’2013 itandukanye kure niya 2023.

Aha yarimo avuga ko Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC ko zatsinze M23 yo mu mwaka w’2013 ariko kubu bitoshoboka.

Bruce Bahanda.

Tags: Bahasize ubuzimaBirereFardcSADCSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

U Rwanda rwa humurije Abarundi bari k'u butaka bw'igihugu c'u Rwanda ko kandi bo batakora ibyo Bujumbura yakoze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?