• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2025
in World News
0
Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

You might also like

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Umukuru w’igihugu cya Kenya William Samue Ruto, umugabo w’Umukenya yamuteye urukweto ubwo yari mu ruzinduko yarimo rwo gusura abaturage mu gace ka Kehencha mu ntara ya Migori.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 04/05/2025, ni bwo perezida Ruto yari mu ruzinduko rusanzwe aganira n’abaturage i Kahancha.

Icyakabaye gutegera ijambo ry’umukuru w’igihugu ryahindutse isibaniro ry’impaka n’impungenge ku mutekano wa perezida w’iki gihugu cya Kenya, nyuma y’aho umugabo wari mu mbuga y’abari bitabiriye iki gikorwa yateraga urukweto William Ruto.

Ubutumwa bw’amashusho bwagiye hanze bugaragaza uyu mugabo atera urukweto rugana neza ku mutwe wa William Ruto. Buriya butumwa bunagaragaza umukuru w’igihugu agerageza kurukwepa ariko birangira rumwituyeho.

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ako kanya polisi yahise itabara, byabiganiro bya perezida Ruto n’abaturage bihita bihagarara byakanya gato, ubundi polisi itangira gusunika abaturage ibigiza inyuma, ari nako irwanya abagaragazaga amanyanga.

Polisi yanaje no gutangaza ko abantu batatu ko aribo yamaze guta muri yombi ibakekaho gutera umukuru w’igihugu ruriya rukweto. Kuri ubu bakaba bari mu boko ya polisi nk’uko yabitangaje.

Ndetse kandi polisi ivuga ko iperereza rigikomeje, kugira ngo hamenyekane niba gutera umukuru w’igihugu ari impanuka yabaye cyangwa niba hari kindi gibyihishe inyuma.

Ariko amakuru y’ibanze avuga ko ibyabaye bishobora kuba bifitanye isano na politiki ndetse ko byari byateguwe mbere y’urugendo rwa perezida. Polisi ivuga ko hari n’abandi bakekwa kandi ko bagishakishwa.

Bibaye ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu havuzwe igikorwa nk’iki gishobora gufatwa nk’icyo gushaka kugirira n’abi umukuru w’igihugu mu ruhame, bikaba bikomeje gukurura impaka n’impungenge mu baturage no mu banyapolitiki.

Tags: KenyaRutoUrukweto
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Hagaragajwe ibimenyetso by'uko RDC igishaka intambara mu gihe hatangiye ibiganiro by'ubuhuza bya Washington DC na Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?