Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 5, 2025
in World News
0
Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

You might also like

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Umukuru w’igihugu cya Kenya William Samue Ruto, umugabo w’Umukenya yamuteye urukweto ubwo yari mu ruzinduko yarimo rwo gusura abaturage mu gace ka Kehencha mu ntara ya Migori.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 04/05/2025, ni bwo perezida Ruto yari mu ruzinduko rusanzwe aganira n’abaturage i Kahancha.

Icyakabaye gutegera ijambo ry’umukuru w’igihugu ryahindutse isibaniro ry’impaka n’impungenge ku mutekano wa perezida w’iki gihugu cya Kenya, nyuma y’aho umugabo wari mu mbuga y’abari bitabiriye iki gikorwa yateraga urukweto William Ruto.

Ubutumwa bw’amashusho bwagiye hanze bugaragaza uyu mugabo atera urukweto rugana neza ku mutwe wa William Ruto. Buriya butumwa bunagaragaza umukuru w’igihugu agerageza kurukwepa ariko birangira rumwituyeho.

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ako kanya polisi yahise itabara, byabiganiro bya perezida Ruto n’abaturage bihita bihagarara byakanya gato, ubundi polisi itangira gusunika abaturage ibigiza inyuma, ari nako irwanya abagaragazaga amanyanga.

Polisi yanaje no gutangaza ko abantu batatu ko aribo yamaze guta muri yombi ibakekaho gutera umukuru w’igihugu ruriya rukweto. Kuri ubu bakaba bari mu boko ya polisi nk’uko yabitangaje.

Ndetse kandi polisi ivuga ko iperereza rigikomeje, kugira ngo hamenyekane niba gutera umukuru w’igihugu ari impanuka yabaye cyangwa niba hari kindi gibyihishe inyuma.

Ariko amakuru y’ibanze avuga ko ibyabaye bishobora kuba bifitanye isano na politiki ndetse ko byari byateguwe mbere y’urugendo rwa perezida. Polisi ivuga ko hari n’abandi bakekwa kandi ko bagishakishwa.

Bibaye ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu havuzwe igikorwa nk’iki gishobora gufatwa nk’icyo gushaka kugirira n’abi umukuru w’igihugu mu ruhame, bikaba bikomeje gukurura impaka n’impungenge mu baturage no mu banyapolitiki.

Tags: KenyaRutoUrukweto
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump nyuma y'aho Iran igabye igitero gikaze ku birindiro...

Read moreDetails

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n'igikuta. Iran ibitero yagabye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk'uko amakuru ava muri...

Read moreDetails

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by'ingabo z'Amerika. Bidasubirwaho igisirikare cya Iran cyagabye igitero gikomeye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika biherereye muri Qatar n'ibiri muri Iraq....

Read moreDetails

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Hagaragajwe ibimenyetso by'uko RDC igishaka intambara mu gihe hatangiye ibiganiro by'ubuhuza bya Washington DC na Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?