• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2025
in World News
0
Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

You might also like

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

Umukuru w’igihugu cya Kenya William Samue Ruto, umugabo w’Umukenya yamuteye urukweto ubwo yari mu ruzinduko yarimo rwo gusura abaturage mu gace ka Kehencha mu ntara ya Migori.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 04/05/2025, ni bwo perezida Ruto yari mu ruzinduko rusanzwe aganira n’abaturage i Kahancha.

Icyakabaye gutegera ijambo ry’umukuru w’igihugu ryahindutse isibaniro ry’impaka n’impungenge ku mutekano wa perezida w’iki gihugu cya Kenya, nyuma y’aho umugabo wari mu mbuga y’abari bitabiriye iki gikorwa yateraga urukweto William Ruto.

Ubutumwa bw’amashusho bwagiye hanze bugaragaza uyu mugabo atera urukweto rugana neza ku mutwe wa William Ruto. Buriya butumwa bunagaragaza umukuru w’igihugu agerageza kurukwepa ariko birangira rumwituyeho.

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ako kanya polisi yahise itabara, byabiganiro bya perezida Ruto n’abaturage bihita bihagarara byakanya gato, ubundi polisi itangira gusunika abaturage ibigiza inyuma, ari nako irwanya abagaragazaga amanyanga.

Polisi yanaje no gutangaza ko abantu batatu ko aribo yamaze guta muri yombi ibakekaho gutera umukuru w’igihugu ruriya rukweto. Kuri ubu bakaba bari mu boko ya polisi nk’uko yabitangaje.

Ndetse kandi polisi ivuga ko iperereza rigikomeje, kugira ngo hamenyekane niba gutera umukuru w’igihugu ari impanuka yabaye cyangwa niba hari kindi gibyihishe inyuma.

Ariko amakuru y’ibanze avuga ko ibyabaye bishobora kuba bifitanye isano na politiki ndetse ko byari byateguwe mbere y’urugendo rwa perezida. Polisi ivuga ko hari n’abandi bakekwa kandi ko bagishakishwa.

Bibaye ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu havuzwe igikorwa nk’iki gishobora gufatwa nk’icyo gushaka kugirira n’abi umukuru w’igihugu mu ruhame, bikaba bikomeje gukurura impaka n’impungenge mu baturage no mu banyapolitiki.

Tags: KenyaRutoUrukweto
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zagabye igitero gikomeye cyibasiye ibikorwa by’ingenzi byari bigize gahunda ya misile ziraswa...

Read moreDetails

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga Intambara iri guhuza Iran n’ihuriro rigizwe na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran Mu bihe by’ihungabana rikomeye muri politiki y’akarere ka Tuwayeri no ku rwego mpuzamahanga, haravugwa inkuru y’uko...

Read moreDetails

Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi

Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi Mu gihe umwuka mubi wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamuka mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Iran n’Imbaraga za Kirimbuzi: Ese Ububiko bw’Intwaro bwatangiye Gushyira Isi mu Ngorane z’Umwuka w’Intambara

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
Iran n’Imbaraga za Kirimbuzi: Ese Ububiko bw’Intwaro bwatangiye Gushyira Isi mu Ngorane z’Umwuka w’Intambara

Iran n’Imbaraga za Kirimbuzi: Ese Ububiko bw’Intwaro bwatangiye Gushyira Isi mu Ngorane z’Umwuka w’Intambara Amakuru agezweho ava mu biro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aravuga ko Iran...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Hagaragajwe ibimenyetso by'uko RDC igishaka intambara mu gihe hatangiye ibiganiro by'ubuhuza bya Washington DC na Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?