• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2025
in World News
0
Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Umukuru w’igihugu cya Kenya William Samue Ruto, umugabo w’Umukenya yamuteye urukweto ubwo yari mu ruzinduko yarimo rwo gusura abaturage mu gace ka Kehencha mu ntara ya Migori.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 04/05/2025, ni bwo perezida Ruto yari mu ruzinduko rusanzwe aganira n’abaturage i Kahancha.

Icyakabaye gutegera ijambo ry’umukuru w’igihugu ryahindutse isibaniro ry’impaka n’impungenge ku mutekano wa perezida w’iki gihugu cya Kenya, nyuma y’aho umugabo wari mu mbuga y’abari bitabiriye iki gikorwa yateraga urukweto William Ruto.

Ubutumwa bw’amashusho bwagiye hanze bugaragaza uyu mugabo atera urukweto rugana neza ku mutwe wa William Ruto. Buriya butumwa bunagaragaza umukuru w’igihugu agerageza kurukwepa ariko birangira rumwituyeho.

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ako kanya polisi yahise itabara, byabiganiro bya perezida Ruto n’abaturage bihita bihagarara byakanya gato, ubundi polisi itangira gusunika abaturage ibigiza inyuma, ari nako irwanya abagaragazaga amanyanga.

Polisi yanaje no gutangaza ko abantu batatu ko aribo yamaze guta muri yombi ibakekaho gutera umukuru w’igihugu ruriya rukweto. Kuri ubu bakaba bari mu boko ya polisi nk’uko yabitangaje.

Ndetse kandi polisi ivuga ko iperereza rigikomeje, kugira ngo hamenyekane niba gutera umukuru w’igihugu ari impanuka yabaye cyangwa niba hari kindi gibyihishe inyuma.

Ariko amakuru y’ibanze avuga ko ibyabaye bishobora kuba bifitanye isano na politiki ndetse ko byari byateguwe mbere y’urugendo rwa perezida. Polisi ivuga ko hari n’abandi bakekwa kandi ko bagishakishwa.

Bibaye ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu havuzwe igikorwa nk’iki gishobora gufatwa nk’icyo gushaka kugirira n’abi umukuru w’igihugu mu ruhame, bikaba bikomeje gukurura impaka n’impungenge mu baturage no mu banyapolitiki.

Tags: KenyaRutoUrukweto
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Hagaragajwe ibimenyetso by'uko RDC igishaka intambara mu gihe hatangiye ibiganiro by'ubuhuza bya Washington DC na Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?