• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 10, 2025
in World News
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

You might also like

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y’umujyi w’i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana Leta y’iki gihugu ku ntambara irimo muri Gaza no kucyemezo yafashe cyo kwigarurira intara ya Gaza.

Amakuru avuga ko iyi myigaragambyo yakozwe nyuma y’aho, Leta ya Israel itangaje ko ifite umugambi wo kwigarurira Gaza.

Mbere nabwo yari yavuze ko yafashe icyemezo cyo gutangira kugenzura umutekano wa Gaza. Ibyo benshi babona ko byotuma abaturage bagera kuri miliyoni berekeza mu buhungiro.

Gusa, Israel yasobanuye ko iki cyemezo ko gishingiye ku bintu bitanu, birimo kwambura umutwe wa Hamas intwaro, gucyura impunzi, kwambura abaturage intwaro, kugenzura intara ya Gaza yose ndetse no gushyiraho ubundi buryo bw’imiyoborere, budashingiye kuri Hamas na Leta ya Palestine.

Ibi byanenzwe n’ibihugu byinshi harimo n’ibikomeye, ndetse nk’u Budage bwahise butangaza ko butazongera kohereza intwaro muri icyo gihugu mu rwego rwo gushimangira uburyo butishimiye uwo mwanzuro.

Ndetse kandi n’Abanyesirayeri bamwe ntibishimiye uwo mwanzuro, kuko abenshi bahise baja mu mihanda bakora imyigaragambyo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 09/08, n’uyu munsi ku cyumweru tariki ya 10/08/2025. Basaba Leta yabo guhagarika intambara muri Gaza ahubwo bakareba uburyo babohora imbohe zifunzwe na Hamas muri ibyo bice.

Umwe mu bari muri iyo myigaragambyo yabwiye itangazamakuru ko “Bashaka guha ubutumwa Benjamin Netanyahu ko igihe yakomeza guteza intambara muri Gaza, imbohe zizakomeza kwicwa.”

Mu gihe Israel yoramuka iyoboye Gaza, ntibizoba bibaye ubwa mbere, kuko kandi yayiboye mu mwaka wa 1986, bigeze mu 2005, ivana ibikorwa byayo byose muri icyo gice cyose ku bw’igitutu cy’amahanga.

Tags: GazaImyigaragambyoIntambaraIsrael
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y'indege muri Ghana. Dr Edward Omane Boamah wari minisitiri w'ingabo na minisitiri w'ibidukikije, Siyansi n'ikoranabuhanga, Ibrahim Murtala Muhammad bishwe n'impanuka y'indege ya gisirikare,...

Read moreDetails

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze  muri guverinoma ye.

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye. Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashyizeho guverinoma nshya, aho yagize umugore witwa Marie Chantal minisitiri w'ingabo ndetse kandi agabanya minisiteri...

Read moreDetails

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo Leta Zunze ubumwe z'Amerika zasabye abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu bihugu 21 byo hirya no hino ku...

Read moreDetails

Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

by Bruce Bahanda
August 3, 2025
0
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Intambara y'amagambo hagati ya Amerika n'u Burusiya yafashe indi ntera. Intambara y'amagambo hagati ya Leta Zunze ubumwe z'Amerika n'u Burusiya, yongeye gufata indi ntera, ni mu gihe perezida...

Read moreDetails
Next Post
Crystal Palace yanditse amateka mu gikombe cya Community Shield 2025.

Crystal Palace yanditse amateka mu gikombe cya Community Shield 2025.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?