• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 17, 2025
in Conflict & Security
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

You might also like

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho ibyo biganiro biri kubera i Doha muri Qatar.

RDC na M23 biri kuganira ku ngingo yo guhererekanya imfungwa, nyuma y’ukwezi kumwe impande zombi zemeranyije gushyiraho urwego rushinzwe gukurikirana iyo gahunda.

Iyi gahunda ikaba iri mu ngingo zigoye cyane zigomba kuganirwaho muri biriya biganiro, kuko n’ubwo RDC imaze amezi menshi yemeye ko igomba kurekura abantu bo ku ruhande rwa M23 ifite, ariko kugeza ubu ntacyo irabikoraho.

Bikaba bizwi ko Croix-Rouge ari yo yahawe ikiraka cyo kuba umuhuza udafite uruhande abogamiyeho mu kumenya kugenzura no kurekura mu mutekano imfungwa zifitwe na buri ruhande, yanatangaje ko igitegereje ko Leta na M23 bagera kubwumvikane, ubundi ikinjira mu gikorwa nyirizana.

Ibi biganiro bikurikiranirwa hafi na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Qatar ndetse n’umuryango wa Afrika yunze ubumwe bifuza ko Kinshasa na M23 byashyira umukono ku masezerano y’amahoro, nyuma yaho iki gihugu cya RDC gisinyanye n’u Rwanda amasezerano y’amahoro ayo byasinyanye mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Uyu mutwe wa M23 uvuga ko imfungwa zayo RDC ifunze zibarirwa muri 700 , ariko izo Leta yo isaba uyu mutwe wa M23 ntuzwi kugeza magingo aya.

Tags: Guhana imfungwaibiganiroM23Rdc
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje Abaturage b’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe, kari mu misozi miremire y'i...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe Mu rwego rwo kugarura ubutabera mu turere twari twaratewe n’ingaruka z’intambara, Délion Kimbulungu, Perezida wa Komisiyo ishinzwe Gusubukura...

Read moreDetails

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, ku munsi w’ejo...

Read moreDetails

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare Abaturage barenga ibihumbi 21, benshi muri bo bakaba ari abagore n’abana, bahatiwe guta ingo zabo nyuma y’imirwano ikomeye yadutse ku wa...

Read moreDetails

Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo Mu gihe Abanyamulenge bakomeje guhura n’ibibazo by’umutekano muke mu misozi y’i Mulenge no mu bindi bice...

Read moreDetails
Next Post
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?