• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2025
in World News
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

You might also like

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Ubutegetsi bwa Leta ya Iran bwemeje ko ibikorwaremezo by’ingufu za nucléaire byangijwe bidasanzwe n’ibitero Ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagabye muri iki gihugu.

Tariki ya 22/06/2025, indege z’intambara za Amerika zo mu bwoko bwa B-2 spirit zarashe misile zo mu bwoko bwa GBU-57 ku bigo bitatu bya Iran byari bisanzwe bitunganyirizwamo uranium ifite ubukana bwinshi. Ibyo bigo n’icya Fordow, Natanz na Isfahan.

Amakuru akavuga ko ubwato bwagenderaga munsi y’amazi na bwo bwarashe misile nyinshi kuri Tomahawk na Isfahan hagamijwe gusenya burundu biriya bigo. Muri rusange, ibi bigo byose byarashweho misile 75 za Amerika biranasenywa.

Ibi bitero Amerika yabigabye, mu gihe Israel yarimaze iminsi irenga umunani ihanganye bikomeye na Iran, kuko na yo yahise irasa za misile nyinshi kuri ibi bigo . Ni mu gihe ngo Israel yatinyaga ko Amerika itabyangiza nk’uko yabyifuzaga, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga ya Iran, Esmail Baghaei, avugana n’igitangazamakuru cya Al Jazeera ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 25/06/2025, yemeje ko igitero cya Amerika n’icya Israel byangije ibi bigo mu buryo budasanzwe.

Yagize ati: “Ibigo byacu bya nucléaire byarangijwe cyane, kubera abashotoranyi bo muri Israel na Amerika babigabyeho ibitero biri kurundi rwego.”

Uyu muvugizi yanavuze ko ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu za nucléaire ndetse na Iran ubwayo bari gukorana mu isuzuma mu rwego rwo kugira ngo harebwe ko hari ingaruka ibi bitero byagize ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo izi ngufu.

Nyuma y’amasaha make iki gitero kigabwe kuri biriya bigo, Trump yahise atangaza ko byangijwe cyane ngo kuburyo kongera kubisana bizagorana, nyamara ibinyamamakuru byinshi byo muri Iran n’ibindi bishigikiye iki gihugu byatangaje icyo gihe ko byangijwe byoroheje.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucleaire
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails
Next Post
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?