• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2025
in World News
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

You might also like

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ubutegetsi bwa Leta ya Iran bwemeje ko ibikorwaremezo by’ingufu za nucléaire byangijwe bidasanzwe n’ibitero Ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagabye muri iki gihugu.

Tariki ya 22/06/2025, indege z’intambara za Amerika zo mu bwoko bwa B-2 spirit zarashe misile zo mu bwoko bwa GBU-57 ku bigo bitatu bya Iran byari bisanzwe bitunganyirizwamo uranium ifite ubukana bwinshi. Ibyo bigo n’icya Fordow, Natanz na Isfahan.

Amakuru akavuga ko ubwato bwagenderaga munsi y’amazi na bwo bwarashe misile nyinshi kuri Tomahawk na Isfahan hagamijwe gusenya burundu biriya bigo. Muri rusange, ibi bigo byose byarashweho misile 75 za Amerika biranasenywa.

Ibi bitero Amerika yabigabye, mu gihe Israel yarimaze iminsi irenga umunani ihanganye bikomeye na Iran, kuko na yo yahise irasa za misile nyinshi kuri ibi bigo . Ni mu gihe ngo Israel yatinyaga ko Amerika itabyangiza nk’uko yabyifuzaga, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga ya Iran, Esmail Baghaei, avugana n’igitangazamakuru cya Al Jazeera ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 25/06/2025, yemeje ko igitero cya Amerika n’icya Israel byangije ibi bigo mu buryo budasanzwe.

Yagize ati: “Ibigo byacu bya nucléaire byarangijwe cyane, kubera abashotoranyi bo muri Israel na Amerika babigabyeho ibitero biri kurundi rwego.”

Uyu muvugizi yanavuze ko ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu za nucléaire ndetse na Iran ubwayo bari gukorana mu isuzuma mu rwego rwo kugira ngo harebwe ko hari ingaruka ibi bitero byagize ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo izi ngufu.

Nyuma y’amasaha make iki gitero kigabwe kuri biriya bigo, Trump yahise atangaza ko byangijwe cyane ngo kuburyo kongera kubisana bizagorana, nyamara ibinyamamakuru byinshi byo muri Iran n’ibindi bishigikiye iki gihugu byatangaje icyo gihe ko byangijwe byoroheje.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucleaire
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031 Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka 37 ku butegetsi, yemejwe nk’umukandida watsinze amatora ya perezida ya Uganda ku...

Read moreDetails

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere Minisiteri y’Ingabo ya Irake yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zimaze kwisubiza byuzuye igenzura ry’ikibuga gikomeye cy’ingabo zo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails
Next Post
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?