• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2025
in World News
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Ubutegetsi bwa Leta ya Iran bwemeje ko ibikorwaremezo by’ingufu za nucléaire byangijwe bidasanzwe n’ibitero Ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagabye muri iki gihugu.

Tariki ya 22/06/2025, indege z’intambara za Amerika zo mu bwoko bwa B-2 spirit zarashe misile zo mu bwoko bwa GBU-57 ku bigo bitatu bya Iran byari bisanzwe bitunganyirizwamo uranium ifite ubukana bwinshi. Ibyo bigo n’icya Fordow, Natanz na Isfahan.

Amakuru akavuga ko ubwato bwagenderaga munsi y’amazi na bwo bwarashe misile nyinshi kuri Tomahawk na Isfahan hagamijwe gusenya burundu biriya bigo. Muri rusange, ibi bigo byose byarashweho misile 75 za Amerika biranasenywa.

Ibi bitero Amerika yabigabye, mu gihe Israel yarimaze iminsi irenga umunani ihanganye bikomeye na Iran, kuko na yo yahise irasa za misile nyinshi kuri ibi bigo . Ni mu gihe ngo Israel yatinyaga ko Amerika itabyangiza nk’uko yabyifuzaga, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga ya Iran, Esmail Baghaei, avugana n’igitangazamakuru cya Al Jazeera ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 25/06/2025, yemeje ko igitero cya Amerika n’icya Israel byangije ibi bigo mu buryo budasanzwe.

Yagize ati: “Ibigo byacu bya nucléaire byarangijwe cyane, kubera abashotoranyi bo muri Israel na Amerika babigabyeho ibitero biri kurundi rwego.”

Uyu muvugizi yanavuze ko ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu za nucléaire ndetse na Iran ubwayo bari gukorana mu isuzuma mu rwego rwo kugira ngo harebwe ko hari ingaruka ibi bitero byagize ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo izi ngufu.

Nyuma y’amasaha make iki gitero kigabwe kuri biriya bigo, Trump yahise atangaza ko byangijwe cyane ngo kuburyo kongera kubisana bizagorana, nyamara ibinyamamakuru byinshi byo muri Iran n’ibindi bishigikiye iki gihugu byatangaje icyo gihe ko byangijwe byoroheje.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucleaire
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?