Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 6, 2025
in World News
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

You might also like

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Perezida w’u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, ko agiye kwihorera ku gitero cya cya Ukraine cy’amateka iheruka kugaba ku butaka bw’igihugu cye kikangiza byinshi birimo n’intwaro kirimbuzi.

Bikubiye mu kiganiro uyu mukuru w’igihugu cy’u Burusiya yagiranye n’uwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ni ikiganiro amakuru agaragaza ko cy’amaze iminota 75, bivuze ko cyamaze isaha n’iminota cyumi nitanu.

Perezida wa Amerika warangije agira icyavuga kuri iki kiganiro yagiranye na perezida w’u Burusiya, yagaragaje ko Putin yamuhishuriye ko agomba kwihorera kuri iki gitero, kabone ngo nubwo baganiraga ku mahoro.
Trump yemeje ko nta cyemezo cyafashwe ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine.

Ni mu gihe perezida wa Ukraine nawe, Volodymyr Zelensky yateye utwatsi ibyo yise “ultimatum” y’u Burusiya, asaba ihagarikwa ry’intambara ryihuse kandi ridafite ibyo risaba. Yanasabye abatera nkunga be kudacika intege imbere y’ibyago by’ihorera ry’u Burusiya.

Putin ashyira imbere kwihorera kubera igitero cya drones Ingabo za Ukraine zagabye ku butaka bw’igihugu cye cyiswe “operation spider’s web.” Bivugwa ko iki gitero Ukraine yagiteguye mu gihe cy’umwaka n’amezi atandatu, cyibasira ibirindiro bine by’indege za gisirikare z’u Burusiya. Kuko cyanashwanyaguje n’indege z’intambara 40.

Amashusho ya satellite yagaragaje indege za Tu-95 na Tu-22M zangiritse ku kibuga cya Belaya.

Putin yanavuganye na Papa Leo XIV, uyu muyobozi wa kiliziya gatolika amusaba ubushake bwo kugera ku mahoro.
Putin avuga ko yifuza amahoro binyuze mu biganiro, ariko ashinja Ukraine ibikorwa by’iterabwaba ku butaka bw’u Burusiya.

Trump uyu waganiriye na Putin, ubwo yarimo yiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu cya Amerika, hari aho yageze avuga ko we ashobora kurangiza intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya mu gihe cy’amazaha 24 gusa, ariko kugeza ubu nta cyemezo gifatika cyafashwe. Abatavuga rumwe na we bavuga ko uburyo bwe bwo kutamagana Putin bushobora gukomeza intambara.

Mu gihe bikiruko, isi yose itegereje igisubizo cy’u Burusiya, mu gihe impaka ku mahoro n’intambara zikomeje kwiyongera.

Tags: ikiganiroIntambaraPutinTrump
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails
Next Post
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?