• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo u Rwanda ruvuga ku bihano Canada yarufatiye.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2025
in World News
0
Icyo u Rwanda ruvuga ku bihano Canada yarufatiye.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo u Rwanda ruvuga ku bihano Canada yarufatiye.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ubutegetsi bwa Canada bwatangaje ibihano byo mu rwego rw’ubukungu na politiki bwafatiye i gihugu cy’u Rwanda, ngo kubera ko ingabo zarwo ziri muri Congo gufasha umutwe wa m23, kandi ko ibi bigize guhonyora ubusugire bw’ikindi gihugu.

Mu itangazo, abategetsi ba Canada bavuze ko leta yabo yamaganye “ubwicanyi bukomeye mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bavugamo ibirego byo gutera abasivili, impunzi, ingabo za ONU n’iza karere, hamwe n’ubwicanyi mu kivunge no gushimuta.”

Iki gihugu gihita kivuga ko gifashe ibi byemezo:
Kuba gihagaritse gutanga impushya zo kugurisha serivisi z’ikoranabuhanga mu Rwanda
Kuba gihagaritse ubufatanye n’u Rwanda mu bijanye na business, n’ibijanye no gufasha urwego rw’abikorera.

U Rwanda narwo, mu itangazo rwashyize hanze, ruvuga ko Canada nta buryo yavuga ko ishyigikiye umuhate w’akarere wo kugera ku Mahoro mu gihe ishyira ibirego by’ubwoko bwose ku Rwanda, ikananirwa kubaza Leta ya Congo ibyo ikwiye kubazwa, aha ni mu gihe Kinshasa igaba ibitero ku baturage bayo muri Kivu y’Amajyepfo.

Itangazo ry’u Rwanda rigira riti: “Guceceka kwa Canada kuri ibi bikorwa bikabije bihonyora uburenganzira bwa muntu ntibikwiye kandi biteye isoni, ryongeraho ko izo ngamba Canada yafatiye u Rwanda ntizizakemura amakimbirane.”

Canada yatangaje ibihano ku Rwanda nyuma y’U Bubiligi, u Bwongereza na Amerika yafatiye ibihano minisitiri James Kabarebe.

Ibihugu by’iburengerazuba, bishinja u Rwanda kohereza ingabo zarwo muri Congo gufasha umutwe wa m23 ubu ugenzura ibice bikomeye byo mu Burasizuba bw’iki gihugu, birimo Goma na Bukavu nyuma y’imirwano ikomeye yo mumpera zukwezi kwa mbere no mu kwa kabiri.

Nyamara u Rwanda rwagiye rutera utwatsi ibyo rushinjwa byo kohereza ingabo muri Congo gufasha umutwe wa m23, ibyo kandi n’ubuyobozi bw’uyu mutwe buhakana bwivuye inyuma.

Kimwecyo u Rwanda rwagiye rugaragaza ko rwafashe ingamba zo kurinda imbibi zarwo kuko umutekano w’igihugu cyabo ugeramiwe n’ubufanye bw’umutwe wa FDLR n’ingabo za Leta ya Congo (Fardc).

Na ONU ubwayo ishinja ubutegetsi bw’i Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR, nubwo Kinshasa ibihakana.

Tags: CanadaIbihanoU Rwanda
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?