• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo u Rwanda ruvuga ku bihano Canada yarufatiye.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2025
in World News
0
Icyo u Rwanda ruvuga ku bihano Canada yarufatiye.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo u Rwanda ruvuga ku bihano Canada yarufatiye.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ubutegetsi bwa Canada bwatangaje ibihano byo mu rwego rw’ubukungu na politiki bwafatiye i gihugu cy’u Rwanda, ngo kubera ko ingabo zarwo ziri muri Congo gufasha umutwe wa m23, kandi ko ibi bigize guhonyora ubusugire bw’ikindi gihugu.

Mu itangazo, abategetsi ba Canada bavuze ko leta yabo yamaganye “ubwicanyi bukomeye mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bavugamo ibirego byo gutera abasivili, impunzi, ingabo za ONU n’iza karere, hamwe n’ubwicanyi mu kivunge no gushimuta.”

Iki gihugu gihita kivuga ko gifashe ibi byemezo:
Kuba gihagaritse gutanga impushya zo kugurisha serivisi z’ikoranabuhanga mu Rwanda
Kuba gihagaritse ubufatanye n’u Rwanda mu bijanye na business, n’ibijanye no gufasha urwego rw’abikorera.

U Rwanda narwo, mu itangazo rwashyize hanze, ruvuga ko Canada nta buryo yavuga ko ishyigikiye umuhate w’akarere wo kugera ku Mahoro mu gihe ishyira ibirego by’ubwoko bwose ku Rwanda, ikananirwa kubaza Leta ya Congo ibyo ikwiye kubazwa, aha ni mu gihe Kinshasa igaba ibitero ku baturage bayo muri Kivu y’Amajyepfo.

Itangazo ry’u Rwanda rigira riti: “Guceceka kwa Canada kuri ibi bikorwa bikabije bihonyora uburenganzira bwa muntu ntibikwiye kandi biteye isoni, ryongeraho ko izo ngamba Canada yafatiye u Rwanda ntizizakemura amakimbirane.”

Canada yatangaje ibihano ku Rwanda nyuma y’U Bubiligi, u Bwongereza na Amerika yafatiye ibihano minisitiri James Kabarebe.

Ibihugu by’iburengerazuba, bishinja u Rwanda kohereza ingabo zarwo muri Congo gufasha umutwe wa m23 ubu ugenzura ibice bikomeye byo mu Burasizuba bw’iki gihugu, birimo Goma na Bukavu nyuma y’imirwano ikomeye yo mumpera zukwezi kwa mbere no mu kwa kabiri.

Nyamara u Rwanda rwagiye rutera utwatsi ibyo rushinjwa byo kohereza ingabo muri Congo gufasha umutwe wa m23, ibyo kandi n’ubuyobozi bw’uyu mutwe buhakana bwivuye inyuma.

Kimwecyo u Rwanda rwagiye rugaragaza ko rwafashe ingamba zo kurinda imbibi zarwo kuko umutekano w’igihugu cyabo ugeramiwe n’ubufanye bw’umutwe wa FDLR n’ingabo za Leta ya Congo (Fardc).

Na ONU ubwayo ishinja ubutegetsi bw’i Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR, nubwo Kinshasa ibihakana.

Tags: CanadaIbihanoU Rwanda
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?