• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ifatwa ry’umujyi wa Goma ryatumye i Kinshasa ibintu birushaho gukara.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Ifatwa ry’umujyi wa Goma ryatumye i Kinshasa ibintu birushaho gukara.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ifatwa ry’umujyi wa Goma ryatumye i Kinshasa ibintu birushaho gukara.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

I Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, abaturage baho bakoze imyigaragambyo yo kwamagana imirwano ikomeye iri kubera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, babomagura zimwe muri za ambasade z’ibindi bihugu ziri aho i Kinshasa.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 28/01/2025, ni bwo iyi myigaragambyo yabaye i Kinshasa. Muri za ambasade zabomaguwe harimo iy’u Rwanda, iya Uganda, iya Kenya , iya Afrika y’Epfo n’iya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri iyo myigaragambyo hagaragayemo n’ibikorwa byo gusahura n’ubugizi bwa nabi. Ni bikorwa byagiye binagaragaramo abasirikare b’iki gihugu.

Kandi amakuru avuga ko iyi myigaragambyo yahamagajwe na Leta y’iki gihugu, mu rwego rwo kwamagana ifatwa ry’u mujyi wa Goma.

Abaturage bari muri iyo myigaragambyo bumvikanye barimo bavuga ko ibi bihugu bifite za ambasade zabomaguwe kwaribyo bifite uruhare mu ifatwa ry’umujyi wa Goma.

Polisi y’iki gihugu yabatesheje ikoresheje kubamishaho ibyuka biryana mu maso, bamwe barahunga.

Ku rundi ruhande, inteko y’umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano ku Isi irongera iterane igitaraganya ku kibazo cy’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwa RDC. Yari yateranye bwa mbere ku wa gatanu w’icyumweru gishize ndetse no ku Cyumweru.

Iyi ntambara ibera i Goma no mu nkengero zayo imaze kugwamo abasirikare ba Afrika y’Epfo 13. Icyenda bishwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize abandi bane bapfuye kuri uyu wa mbere. Abanyafrika y’Epfo bari mu Burasirazuba bwa RDC mu rwego rw’ingabo z’amahoro za SADC.

Abandi basirikare bamaze kwicirwa mu ntambara i Goma ni batatu ba Malawi nabo bari muri SADC, n’undi wishwe umwe n’abandi bane bakomeretse bose ba Uruguay bari muri MONUSCO.

Ahandi habereye imyigaragambyo yamagana ifatwa ry’umujyi wa Goma ni i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo ni Butembo muri Kivu Yaruguru.

Tags: AmbasadeGomaImyigaragambyoKinshasa
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba Afrika y’Epfo baguye mu mirwano abandi benshi barakomereka muri RDC.

Iby'abasirikare ba Afrika y'Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?