• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.

minebwenews by minebwenews
September 17, 2024
in World News
0
Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.

You might also like

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

Ishirahamwe rya SOSUMU ritunganya isukari mu gihugu cy’u Burundi ku munsi w’ejo hashize tariki ya 16/09/2024, ryazamuye igiciro cyayo, aho ryahise rigihanika kurugero rwo hejuru cyane. Ubu ikiro cy’isukuri i Bujumbura kiragura umugabo umwe kigasiga undi.

Igiciro cy’isukuri i Bujumbura n’ahandi mu zindi ntara z’igize iki gihugu cy’u Burundi, ikilo kimwe cyayo cyahoraga kigurwa amafaranga y’Amarundi angana na 3,300 ariko ubu kiragurwa 8,000 FB.

Abenegihugu basaba Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye gukurikirana irizamuka ry’ibicuro by’isukari byahanitswe ku kigero kitarigera kibaho muri iki gihugu.

Kimweho umuyobozi mukuru w’irishirahamwe rya SOSUMU, Aloys Ndayikengurukiye, yabwiye itangaza makuru i Bujumbura ko kuba Leta yabo yaremereye isukari iva mu bindi bihugu ndetse igahita igurishwa ku biciro byo hejuru biri mu byatumye n’iy’u Burundi nayo izamura ibiciro.

Yavuze kandi ko kuba isukari y’u Burundi iri kuzamura ibiciro, ahanini ngo biva ku kuba ibikoresho bikora mu ruganda rwa SOSUMU biva hanze kandi bikaba bi bahenda cyane kugira ngo babigeze muri iki gihugu, bityo bituma na SOSUMU ihendesha isukari.

Kimweho, ibi bibaye mu gihe muri iki gihugu ibintu byinshi bikomeje kugorana kuboneka, twavuga nk’igitoro(Lisansi) kimaze hafi imyaka itatu kibuze kurugero rwo hejuru, ibibazo bya mashanyarazi nabyo bikaba bigize igihe, Amakara yogucana, amazi, ibura ry’imiti ivura abarwayi none kandi hakubitiyeho n’ikibazo cy’isukuri nubwo cyari kigize igihe kirekire kizamurirwa ibiciro ariko ubuho byarenze igipimo.

                 MCN.
Tags: BurundiIgiciro cy'isukuriKiravuza ubuhuha
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z'umutekano muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?