Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 17, 2024
in World News
0
Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ishirahamwe rya SOSUMU ritunganya isukari mu gihugu cy’u Burundi ku munsi w’ejo hashize tariki ya 16/09/2024, ryazamuye igiciro cyayo, aho ryahise rigihanika kurugero rwo hejuru cyane. Ubu ikiro cy’isukuri i Bujumbura kiragura umugabo umwe kigasiga undi.

Igiciro cy’isukuri i Bujumbura n’ahandi mu zindi ntara z’igize iki gihugu cy’u Burundi, ikilo kimwe cyayo cyahoraga kigurwa amafaranga y’Amarundi angana na 3,300 ariko ubu kiragurwa 8,000 FB.

Abenegihugu basaba Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye gukurikirana irizamuka ry’ibicuro by’isukari byahanitswe ku kigero kitarigera kibaho muri iki gihugu.

Kimweho umuyobozi mukuru w’irishirahamwe rya SOSUMU, Aloys Ndayikengurukiye, yabwiye itangaza makuru i Bujumbura ko kuba Leta yabo yaremereye isukari iva mu bindi bihugu ndetse igahita igurishwa ku biciro byo hejuru biri mu byatumye n’iy’u Burundi nayo izamura ibiciro.

Yavuze kandi ko kuba isukari y’u Burundi iri kuzamura ibiciro, ahanini ngo biva ku kuba ibikoresho bikora mu ruganda rwa SOSUMU biva hanze kandi bikaba bi bahenda cyane kugira ngo babigeze muri iki gihugu, bityo bituma na SOSUMU ihendesha isukari.

Kimweho, ibi bibaye mu gihe muri iki gihugu ibintu byinshi bikomeje kugorana kuboneka, twavuga nk’igitoro(Lisansi) kimaze hafi imyaka itatu kibuze kurugero rwo hejuru, ibibazo bya mashanyarazi nabyo bikaba bigize igihe, Amakara yogucana, amazi, ibura ry’imiti ivura abarwayi none kandi hakubitiyeho n’ikibazo cy’isukuri nubwo cyari kigize igihe kirekire kizamurirwa ibiciro ariko ubuho byarenze igipimo.

                 MCN.
Tags: BurundiIgiciro cy'isukuriKiravuza ubuhuha
Share25Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z'umutekano muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?