Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 17, 2024
in World News
0
Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiciro by’isukari mu Burundi biravuza ubuhuha.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ishirahamwe rya SOSUMU ritunganya isukari mu gihugu cy’u Burundi ku munsi w’ejo hashize tariki ya 16/09/2024, ryazamuye igiciro cyayo, aho ryahise rigihanika kurugero rwo hejuru cyane. Ubu ikiro cy’isukuri i Bujumbura kiragura umugabo umwe kigasiga undi.

Igiciro cy’isukuri i Bujumbura n’ahandi mu zindi ntara z’igize iki gihugu cy’u Burundi, ikilo kimwe cyayo cyahoraga kigurwa amafaranga y’Amarundi angana na 3,300 ariko ubu kiragurwa 8,000 FB.

Abenegihugu basaba Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye gukurikirana irizamuka ry’ibicuro by’isukari byahanitswe ku kigero kitarigera kibaho muri iki gihugu.

Kimweho umuyobozi mukuru w’irishirahamwe rya SOSUMU, Aloys Ndayikengurukiye, yabwiye itangaza makuru i Bujumbura ko kuba Leta yabo yaremereye isukari iva mu bindi bihugu ndetse igahita igurishwa ku biciro byo hejuru biri mu byatumye n’iy’u Burundi nayo izamura ibiciro.

Yavuze kandi ko kuba isukari y’u Burundi iri kuzamura ibiciro, ahanini ngo biva ku kuba ibikoresho bikora mu ruganda rwa SOSUMU biva hanze kandi bikaba bi bahenda cyane kugira ngo babigeze muri iki gihugu, bityo bituma na SOSUMU ihendesha isukari.

Kimweho, ibi bibaye mu gihe muri iki gihugu ibintu byinshi bikomeje kugorana kuboneka, twavuga nk’igitoro(Lisansi) kimaze hafi imyaka itatu kibuze kurugero rwo hejuru, ibibazo bya mashanyarazi nabyo bikaba bigize igihe, Amakara yogucana, amazi, ibura ry’imiti ivura abarwayi none kandi hakubitiyeho n’ikibazo cy’isukuri nubwo cyari kigize igihe kirekire kizamurirwa ibiciro ariko ubuho byarenze igipimo.

                 MCN.
Tags: BurundiIgiciro cy'isukuriKiravuza ubuhuha
Share25Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z’umutekano muri RDC.

Hagaragajwe impamvu bari gutakamba ngo Wazalendo binjizwe mu nzego z'umutekano muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?