• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure watewe n’amazi ya Tanganyika yazamutse ku buryo budasanzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu butumwa leta y’u Burundi yatanze muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17/04/2024, binyuze kuri minisitiri w’u mutekano, Martin Niteretse.

Yavuze ko iki gihugu kiri mu bihe bitoroshye bivuye ku mvura, yatumye amazi ya Tanganyika azamuka, arimo umuyaga mwinshi ndetse n’urubura.

Leta y’u Burundi ivuga ko abantu batari bake bamaze kuhasiga ubuzima, abandi benshi barahunze, imirima n’amazu byarangiritse.

Leta ikomeza ivuga ko ibihugu by’amahanga bikwiye ku bagoboka kandi ay’amahanga agafasha u Burundi guhangana n’iki kibazo.

Amakuru avuga ko amezi agiye kuba abiri, abaturage bari basiwe n’amazi y’ikiyaga cya Tanganyika.

Ay’amazi ngo yazamutse bivuye ku mihindurikire y’ibihe n’imvura nyinshi igwa ikikije umujyi wa Bujumbura n’andi mazi ava mu mu mugezi wa Rusizi n’indi.

Abafite ibikorwa byakira ba mukerarugendo ku mucanga wa Tanganyika bafunze imiryango kuko amazi yarengeye aho bakorera.

Inzu z’uburyamo byarafunze n’ibyari bizirimo byangirijwe n’amazi, ku buryo byateye uruhombo abashoramari.

Muri Quartier Asiatique, Kabondo, Kinindo na Kibenga muri Bujumbura kugera mu Rumonge amazi yarengeye amazu y’abatutage.

Ay’amazi yageze ku mugezi wa Mutimbuzi wuzuye maze umena mu nzu z’abaturage aho ku Mutimbuzi, mu Kajaga, mushyasha ya 1 na 2 na Kinyinya zombi.

Umuhanda uva i Bujumbura ujya mu Gatumba werekeza ku mupaka wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ntukiri nyabagendwa, urujya nuruza hafi ya Tanganyika rurahagaze.

             MCN.
Tags: AmaziIbihe bitoroshyeLetaU BurundiUmwuzure
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, cyongeye ubundi bwirinzi budasanzwe kugira Goma ntifatwe na M23.

Igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, cyongeye ubundi bwirinzi budasanzwe kugira Goma ntifatwe na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?