• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 18, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure watewe n’amazi ya Tanganyika yazamutse ku buryo budasanzwe.

Ni bikubiye mu butumwa leta y’u Burundi yatanze muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17/04/2024, binyuze kuri minisitiri w’u mutekano, Martin Niteretse.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Yavuze ko iki gihugu kiri mu bihe bitoroshye bivuye ku mvura, yatumye amazi ya Tanganyika azamuka, arimo umuyaga mwinshi ndetse n’urubura.

Leta y’u Burundi ivuga ko abantu batari bake bamaze kuhasiga ubuzima, abandi benshi barahunze, imirima n’amazu byarangiritse.

Leta ikomeza ivuga ko ibihugu by’amahanga bikwiye ku bagoboka kandi ay’amahanga agafasha u Burundi guhangana n’iki kibazo.

Amakuru avuga ko amezi agiye kuba abiri, abaturage bari basiwe n’amazi y’ikiyaga cya Tanganyika.

Ay’amazi ngo yazamutse bivuye ku mihindurikire y’ibihe n’imvura nyinshi igwa ikikije umujyi wa Bujumbura n’andi mazi ava mu mu mugezi wa Rusizi n’indi.

Abafite ibikorwa byakira ba mukerarugendo ku mucanga wa Tanganyika bafunze imiryango kuko amazi yarengeye aho bakorera.

Inzu z’uburyamo byarafunze n’ibyari bizirimo byangirijwe n’amazi, ku buryo byateye uruhombo abashoramari.

Muri Quartier Asiatique, Kabondo, Kinindo na Kibenga muri Bujumbura kugera mu Rumonge amazi yarengeye amazu y’abatutage.

Ay’amazi yageze ku mugezi wa Mutimbuzi wuzuye maze umena mu nzu z’abaturage aho ku Mutimbuzi, mu Kajaga, mushyasha ya 1 na 2 na Kinyinya zombi.

Umuhanda uva i Bujumbura ujya mu Gatumba werekeza ku mupaka wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ntukiri nyabagendwa, urujya nuruza hafi ya Tanganyika rurahagaze.

             MCN.
Tags: AmaziIbihe bitoroshyeLetaU BurundiUmwuzure

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, cyongeye ubundi bwirinzi budasanzwe kugira Goma ntifatwe na M23.

Igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, cyongeye ubundi bwirinzi budasanzwe kugira Goma ntifatwe na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?