Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Israel, yategujwe n’igihugu gikomeye ku yishoraho intambara ikarishye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Regional Politics
0
Israel, yategujwe n’igihugu gikomeye ku yishoraho intambara ikarishye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu kiri mu bikomeye ku Isi, cyateguje Israel ku yishoraho intambara ikomeye.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Byatangajwe na perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan, mu magambo ye, yavuze ko agiye gutera igihugu cya Israel mu rwego rwo gufasha Abanya-Palestine.

Ibinyamakuru byo muri Israel byasubiye mu magambo ya perezida Erdogan, bigira biti: “Tugomba kuba dukomeye cyane kugira ngo Israel itabasha gukora ibintu ikorera Palestine.”

Aha Erdogan yakomozaga ku ntambara iri kubera mu Ntara ya Gaza.

Uyu mu Perezida yongeye gushimangira ibi agira ati: “Nk’uko twinjiye muri Nagorn, agace gakunze kuberamo ubushamirane hagati y’Amerika na Azerbaijan, nk’uko twinjiye muri Libya, tugomba gukora nk’ibyo twakoze kuri bo(aha yavugaga gutera Israel). Nta kintu tutabasha gukora . Birasaba gusa ko tuba dukomeye kugira ngo dutere iyi ntambara.”

Ibi abivuze mu gihe nubundi harimo hatutumba intambara hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas ukorera ku butaka bwa Lebanon.

Igisirikare cya Israel cyari giheruka kurasa ku ishuri riri muri Gaza, kivuga ko impamvu gikoze ibyo kwari ukubera ko abarwanyi ba Hamas baryihishemo. Iki gitero kikaba cyaraguyemo abasaga 30 mu gihe abagera ku 100 bo bakomeretse, biganjemo abana n’abagore.

Kuri iki Cyumweru dusoje, mu mujyi wa Riga mu gihugu cya Latvia, Erdogan aho yari mu birori niho yatangarije aya magambo.

Hari nyuma y’uko umutwe wa Hezbollah wari umaze amasaha make ukoze igitero ku ngabo za Israel zari ziherereye mu misozi ya Golan. Gusa iki gisirikare cya Israel cyaje gusubiza ibyo bisasu inyuma gikoresheje ikorana buhanga bigwa mu gace kubatswemo sitade ariko bihitana abana 12.

Israel ivuga ko byanze bikunze izihorera kuri icyo gitero.

Turukiya yatangaje ko izagaba igitero kuri Israel, kandi isanzwe iba mu muryango wa NATO, urimo ibindi bihugu bikomeye nka Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa n’ibindi kandi bisanzwe ari inshuti magara na Israel.

                MCN.
Tags: ErdoganIntambaraKuri IsraelTurukiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?