• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 18, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Regional Politics
0
Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Ni imirwano yabereye mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ay’amakuru agaragaza neza ko imirwano yabaye none ku wa mbere tariki ya 29/07/2024, hagati y’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta n’abarwanyi ba M23 yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare, kandi ko yagejeje igihe c’isaha z’igicamunsi.

Kuko kugeza isaha ya saa saba zamanywa imbunda ziremereye n’izito zari zikirimo zumvikana muri ibyo bice.

Iy’i ntambara ikaba yabereye mu duce duherereye muri Localité ya Kahira, nka hitwa Tambi, Kasura na Bigogwe. Rwari urugamba rukaze.

Kimweho, iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bivugwa ko ariryo ryagabye ibi bitero ku barwanyi ba M23 ariko nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru byarangiye iri huriro ry’ingabo za RDC ziyabangiye ingata.

Kur’ubu biriya bice byabereyemo imirwano biri mu maboko y’abarwanyi bayobowe na General Sultan Makenga, ndetse hari amakuru yatanzwe n’umwe muri abo barwanyi, avuga ko hari n’ibikoresho by’agisirikare uyu mutwe wanyaze ririya huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Iyi mirwano yabaye mu gihe impande zombi zikiri muri ya minsi 15 yagahenge kasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ariko nubwo iri huriro ry’ingabo za RDC ariryo ryagabye ibitero mbere, ntibyabujije ko rishija M23 kuba ari yo nyiribayazana nk’uko umuvugizi w’igisirikare cya FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yamaze kubitangaza akoresheje imbuga nkoranya mbaga.

          MCN
Tags: Hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwano ikomeyeMasisi

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?