Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igisasu cahitanye abantu basaga 15 mugace ka Kyangitsi, muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu basaga 15 n’ibo bamaze kumenyekana ko bishwe n’igisasu catoraguwe n’abana, aho bivugwa ko bagitoye mu murima uhingwamo ibiti bivamo amavuta y’ikigazi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

N’impanuka yabereye mugace bita Kyangitsi, Groupement ya Kanyamaboko, Secteur ya Katoyi ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Aya makuru avugwako abapfuye ahanini higanjemo Abagore n’Abana.

Ati: “Iki Gisasu, catoraguwe n’Abana aho cari kiri iruhande rw’igiti c’ikigazi, aba Bana bamaze kugitora bakizana kwereka Ababyeyi babo igihe bakigejeje m’urugo haje abantu benshi gushungera nibwo ico gisasu cahise giturika cica abagera kuri 15.”

Ibi n’ibyatangajwe na Telesphore ukuriye Sosiyete sivile nsha muri teritware ya Masisi.

Abakomeretse bahise bajanwa kubitaro byahafi birahitwa Mahya ariko nk’uko byavuzwe abakomeretse basabye ko ba kwitabwaho ndetse bakajanwa mubitaro bikuru .

Uyu mugabo yanakomeje avuga ko akarere batuyemo kagize iminsi kaberamo intambara za Wazalendo bonyine(Gusubiranamo) burumwe ashaka kugira aho yagenzura ndetse akanahakura imisoro bigakekwako aribo baba barashize ico gisasu aho catoraguwe.

Bwana Telesphore yahamagariye amashirahamwe abishoboye kuba yaza agakura i Bisasu byose byagiye bitegwa muribiriya bice birimo intambara kugirango igihe impunzi zizagarukira zizasange byarateguwe anasaba ko kandi imiryango yagizweho ingaruka nico gisasu yahabwa indishi y’akababaro.

Yakomeje avuga ko kuva izi ntambara zavuka muri teritware ya Masisi amashirahamwe y’imbere mugihugu na mashirahamwe Mpuzamahanga yahamagariye abaturage kuba maso bakirinda gutoragura ibisasu basanze aho ahari hose ngo mugihe ba bibonye.

Ati: “Mwirinde ibisasu mubonye kandi muzasanga ibyinshi bisa n’ibintu bikoreshwa burigihe mu mago nka Avocat i Nanasi ndetse n’ibindi bikoresho byo mu mazu. Igihe habaye kubibona muzihutire kubwira inzego zishinzwe kurinda umutekano.”

Abana n’Abakuze bamaze kwicwa n’ibisasu muri teritware ya Rutsuru na Nyiragongo, ngo bamaze kuba benshi mubihe bitandukanye.

By Bruce Bahanda.

Tariki 07/10/2023.

Tags: Igisasu cahitanye abantu basaga 15 mugace ka Kyangitsi muri teritware ya Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Gen John Numbi, wigezeho kuba umutegetsi ukomeye muri RDC y'umvikanye anenga Perezida Tshisekedi maze avuga ko akomeje gukinisha umuriro w'imbunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?