• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Congo cyahawe urwamenyo nyuma y’aho gihimbye ikinyoma.

minebwenews by minebwenews
December 30, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Congo cyahawe urwamenyo nyuma y’aho gihimbye ikinyoma.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Congo cyahawe urwamenyo nyuma y’aho gihimbye ikinyoma.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

U Rwanda rwatanze umucyo kubiheruka gutangazwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho cyatangaje ko cyafashe umusirikare warwo, ariko rugaragaza ko ari ikinamico.

Mu minsi mike ishize FARDC yagaragaje umuntu yafashe witwa Iradukunda Jean de Dieu, ivuga ko yamufatiye ku rugamba iz’i ngabo zihanganyemo n’umutwe wa M23.

Ni ho rero minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yamaganye ibyatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cya RDC, avuga ko ari ikinyoma cyambaye ubusa.

Yagize ati: “Ni ukuvuga ko ingabo za FARDC zatweretse uwo zivuga ko ari umusirikare w’u Rwanda we, utashobora kugaragaza nimero ye mu ngabo z’u Rwanda.”

Nk’uko FARDC yabitangaje, yavuze ko uwo musirikare akomoka mu Ntara y’iburasirazuba, muri Localité ya Ngororero no muri teritware ya Kazaba, izi nzego zimitegekere zikaba zitazwi mu Rwanda, ariko zizwi muri RDC.

Nduhungirehe yakomeje agira ati: “Ikibazo kiri hano, ni uko izi nzego zimitegekere ziri muri RDC ariko ntiziba mu Rwanda. Abaturage bo mu Rwanda bose bazi neza ko igihugu cyacu kigira intara, uturere, imirenge, utugari n’imidugudu. Nubwo akarere ka Ngororero kabaho kandi biranazwi, kagira imirenge 13 ariko muri yo nta murenge ubamo witwa Kazabi.”

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, yanibukije ko atari ubwa mbere FARDC ihimbye ikinyoma nk’iki, kuko no mu bihe bitambutse nabwo yabikoze, ubwo umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko yari yerekanye uwitwa Ndayambaje Abouba avuga ko ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda, ngo akomoka mu gace kitwa Kayonza wari wambaye uniform, nyamara atari ubwa mbere yari yamwerekanye.

Ati: “Ikibabaje ni uko Lt Col Ndjike Kaiko yari yibagiwe ko mu byumweru bike byari bishize, yari yatweretse uwo muntu ngo wari wafashwe yambaye imyambaro ibiranga bigaragara ko atari yarigeze yambara bote za gisirikare mu buzima bwe.”

Nduhungirehe yavuze kandi ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikomeza kugenda urushaho guhimba ikinyoma, ariko ko ntacyo bizayigezaho.

U Rwanda rwamaganye ibi mu gihe n’umutwe wa M23 wari uheruka ku byamagana, uvuga ko ibikorwa na FARDC kwari ukuyobya uburari.

M23 yanavuze ko ikinyoma cya FARDC kiba kigamije kugira ngo amahanga atamenya ibibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: FardcRwandaUrwamenyo
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.

Ibyo wa menya kuri 12ème brigade yabayeho mu Minembwe imyaka myinshi, ikaba yatumwe mu bice byo muri Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?