Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero ku wundi mutwe wari warigize ukomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 30, 2024
in World News
0
Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero ku wundi mutwe wari warigize ukomeye.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero ku wundi mutwe wari warigize ukomeye.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero simusiga gikoresheje indege z’intambara, mu Burengerazuba bwa Yamen, bigamije kubabaza umutwe witerabwoba wa Ba-Houthis.

Iki gisirikare cya Israel cyagabye ibyo bitero nyuma yuko uwo mutwe wa Ba-Houthis wari warashe ibisasu kuri Israel mu mpera z’iki Cyumweru dusoje.

Ni ibitero abarwanyi buwo mutwe batangaje ko byahitanye abarwanyi bayo bane abandi makumyabiri n’icyenda barakomereka.

Amakuru avuga ko iki gitero Israel yakoze ku mutwe wa Ba-Houthis, kibaye ku nshuro ya kabiri kuko icya mbere yagikoze mu kwezi kwa 6 uyu mwaka.

Ni mu gihe ku wa gatandatu w’icyumweru gishyize, abarwanyi Ba-Houthis bari barashe ibisasu kuri Israel birangira ingabo z’iki gihugu zibipfubirije mu kirere. Kandi Israel yatangaje ko nta byo cyangije.

Mu itangazo uyu mutwe wa Ba-Houthis wari washize hanze nyuma yuko urashe ibyo bisasu, rivuga ko washakaga kurasa ku kibuga cy’indege cya Ben Gurion, ikibuga cyituraho indege ya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu.

Ibi bitero Israel ibikoze mu gihe isa niyamaze gushyiraho akadomo kanyuma umutwe bari bagize iguhe bahangana wa Hezbollah, uwo iki gisirikare cya Israel giheruka kwicira abayobozi bakuru bawo benshi barimo n’umuyobozi mukuru wawo, Hassan Nasrallah.

           MCN.
Tags: HouthiIbiteroIsraelYamen
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yahishyuye umwanya ashiramo perezida Kagame mu bantu yubaha.

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda yahishyuye umwanya ashiramo perezida Kagame mu bantu yubaha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?