Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya RDC , mu Ntara ya Kivu y’Epfo, cyakoze igikorwa kigayitse kurugo rwa major Lokasa uvuka mu bwoko bw’Abatutsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 19, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya RDC , mu Ntara ya Kivu y’Epfo, cyakoze igikorwa kigayitse kurugo rwa major Lokasa uvuka mu bwoko bw’Abatutsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Bukavu: Urugo rwa major Lokasa rwibasiwe n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo nyuma y’uko bamutaye muri yombi mu ntangiriro z’iki Cyumweru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nibwo igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi mu Ntara ya Kivu y’Epfo, cyakoze ubugome ndenga kamere, cyo gusenya urugo rwo kwa major Lokasa mu rwego rwo gushakisha imbunda, nk’uko iy’i nkuru yatanzwe n’abamwe bo muri uwo muryango.

Bavuga ko inzu yo kwa major Lokotsa yatangiye kuzaho abasirikare ba leta ku wa Mbere w’iki Cyumweru, mu gihe kuri uyu munsi ho byabaye ibindi kuko igihe c’isaha z’igitondo haje abasirikare benshi ari nabwo bahise binjirana n’ibikoresho birimo amasuka n’imipanga n’ibindi bikoresho bifasha gusenya bavuga ko bagiye gushaka imbunda.

Mu butumwa bwabamwe bo mu muryango batanze bakoresheje imbuga nkoranya mbaga, buvuga ko kwa major Lokasa hatewe n’abasirikare aho ngo barimo gushaka imbunda mu kuzishaka bagakora ibisa no gusenyagura.

Ubutumwa bu komeza buvuga ko nyuma y’uko bari bamaze guhebura imbunda bashakaga, babise bakora ibikorwa byo kwimba munzu imbere aha herereye mu byumba ndetse ko bimbye nohanze ku rugo.

Ubutumwa bugira buti: “Inzu bayihinduye umusaka ngo barimo gushaka imbunda. Bimbye ahantu hose cyane mu byumba.”

Herekanwe n’amashyusho agaragaza uko bariya basirikare ba FARDC barimo bimbagura munzu ubona urugo baruhinduye umusaka.

Ibyo bibaye mu gihe ku wa Gatatu, tariki ya 17/04/2024 i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bagera kuri barindwi bafunzwe bazira kuba ari Abatutsi. Muri aba bafunze harimo na Major Lukasa ndetse na Colonel Kasa wo muri Polisi nawe wahohotewe kubera ari u Munyamulenge.

Guhohotera Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bigenda birushaho kuba bibi, mu gihe byahereye kera ahanini mu 2017.

            MCN.
Tags: Cyakoze igikorwa kigayitseIgisirikare cya RDCKurugo rwa major Lokotsa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe gushira igihugu ku murongo no gushakira abaturage amahoro.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe gushira igihugu ku murongo no gushakira abaturage amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?