• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya RDC , mu Ntara ya Kivu y’Epfo, cyakoze igikorwa kigayitse kurugo rwa major Lokasa uvuka mu bwoko bw’Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya RDC , mu Ntara ya Kivu y’Epfo, cyakoze igikorwa kigayitse kurugo rwa major Lokasa uvuka mu bwoko bw’Abatutsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Bukavu: Urugo rwa major Lokasa rwibasiwe n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo nyuma y’uko bamutaye muri yombi mu ntangiriro z’iki Cyumweru.

Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nibwo igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi mu Ntara ya Kivu y’Epfo, cyakoze ubugome ndenga kamere, cyo gusenya urugo rwo kwa major Lokasa mu rwego rwo gushakisha imbunda, nk’uko iy’i nkuru yatanzwe n’abamwe bo muri uwo muryango.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Bavuga ko inzu yo kwa major Lokotsa yatangiye kuzaho abasirikare ba leta ku wa Mbere w’iki Cyumweru, mu gihe kuri uyu munsi ho byabaye ibindi kuko igihe c’isaha z’igitondo haje abasirikare benshi ari nabwo bahise binjirana n’ibikoresho birimo amasuka n’imipanga n’ibindi bikoresho bifasha gusenya bavuga ko bagiye gushaka imbunda.

Mu butumwa bwabamwe bo mu muryango batanze bakoresheje imbuga nkoranya mbaga, buvuga ko kwa major Lokasa hatewe n’abasirikare aho ngo barimo gushaka imbunda mu kuzishaka bagakora ibisa no gusenyagura.

Ubutumwa bu komeza buvuga ko nyuma y’uko bari bamaze guhebura imbunda bashakaga, babise bakora ibikorwa byo kwimba munzu imbere aha herereye mu byumba ndetse ko bimbye nohanze ku rugo.

Ubutumwa bugira buti: “Inzu bayihinduye umusaka ngo barimo gushaka imbunda. Bimbye ahantu hose cyane mu byumba.”

Herekanwe n’amashyusho agaragaza uko bariya basirikare ba FARDC barimo bimbagura munzu ubona urugo baruhinduye umusaka.

Ibyo bibaye mu gihe ku wa Gatatu, tariki ya 17/04/2024 i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bagera kuri barindwi bafunzwe bazira kuba ari Abatutsi. Muri aba bafunze harimo na Major Lukasa ndetse na Colonel Kasa wo muri Polisi nawe wahohotewe kubera ari u Munyamulenge.

Guhohotera Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bigenda birushaho kuba bibi, mu gihe byahereye kera ahanini mu 2017.

            MCN.
Tags: Cyakoze igikorwa kigayitseIgisirikare cya RDCKurugo rwa major Lokotsa

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe gushira igihugu ku murongo no gushakira abaturage amahoro.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe gushira igihugu ku murongo no gushakira abaturage amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?