Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Burundi cyagize ibyo kivuga kubyo gishinjwa byo gutegura kwica Abanyamulenge .

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 25, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Burundi cyagize ibyo kivuga kubyo gishinjwa byo gutegura kwica Abanyamulenge .
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cy’u Burundi cyagize ibyo kivuga kubyo gishinjwa byo gutegura kwica Abanyamulenge .

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Bikubiye mu itangazo umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Brig Gen Gaspard Baratuza, yashyize hanze rihakana ko ingabo zabo zidashobora kwivanga mu kuba mu mugambi wo gushaka gukorera genocide Abanyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Iri tangazo ry’igisirikare cy’u Burundi ryagiye hanze ahagana ku wa Gatandatu tariki ya 23/11/2024, rikaba rivuga ko “Ingabo z’u Burundi ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ntaho zihuriye n’amakimbirane ashyamiranyije amoko anyuranye yo muri iki gihugu.

Rigira riti: “FDNB iramagana yivuye inyuma ibitero by’ibinyoma bikubiye mu itangazo rigenewe Abanyamakuru ‘Twirwaneho iheruka gushyira hanze, rishyira mu majwi ingabo z’u Burundi ko zaba zivanga mu makimbirane ashyamiranyije amoko, akorwamo urugomo rugamije kurandura ubwoko.”

Iri tangazo rivuga kandi ko “ugendeye ku bunararibonye n’ubunyamwuga bw’Ingabo zacyo, zidashobora na rimwe kwishora mu makimbirane nk’ayo kuko zidashobora gutezuka ku mikorere zizwiho ku ruhango mpuzamahanga.”

Rikomeza rivuga ko “Ingabo z’u Burundi ziri muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bw’amasezerano u Burundi bwagiranye n’iki gihugu yo kurwanya imitwe y’itwaje imbunda, yaba iy’imbere mu gihugu n’iyabanyamahanga . Iyo kivuga irimo FDLR irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda n’umutwe wa Red-Tabara urwanya Leta y’u Burundi.

Iri tangazo rije risubiza irya Twirwaneho rigize iminsi rigiye hanze. Ryavugaga ko ingabo z’u Burundi zenda gutsemba abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Igisirikare cy’u Burundi kigashyirwa mu majwi nk’igitanga ubufasha bw’ibikoresho ku mitwe iri muri uwo mugambi wo kwica abasivile bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Iyo mitwe itungwa agatoki cyane n’i uwa FDLR na Wazalendo.

Ingabo z’igihugu cya RDC (FARDC) nazo zivugwaho gufatanya n’igisirikare cy’u Burundi gutera inkunga umutwe wa FDLR na Wazalendo mu mugambi wo kuzarimbura Abanyamulenge.

Tags: AbanyamulengeFDNBJenoside
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?