Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 3, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Burundi, mu Ntara ya Bubanza, cyongeye ku gabwaho ibitero biremereye muri iri joro rya keye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yongeye kubura mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bitero bya gabwe mu gihe c’isaha za saa ine z’ijoro ryo kuwa Gatandatu, rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 03/02/2024.

Nk’uko bivugwa n’uko ibyo bitero bya gabwe mu birindiro bya basirikare b’u Burundi biherereye mu bice bya Gihungwe, zone Gihanga, mu Ntara ya Bubanza.

Iy’i nkuru tukaba tuyikesha ubutumwa bwanditswe butanzwe n’u rubuga rwa King Umurundi, rubicishije kuri X, bavuze ko abaturage baturiye ibyo bice bya Gihungwe, zone Gihanga, batanze amakuru ko hari amaposisiyo y’igisikare cy’u Burundi yagabweho ibitero biremereye.

Ati: “Urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito, zirimo kumvikanira ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi, ku musozi wa Gihungwe.”

Uru rubuga nti rwavuze umutwe w’inyeshamba woba wagabye icyo gitero, gusa bavuze ko habaye urugamba hagati ya barwanyi n’abasirikare ba leta y’u Burundi.

Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 25/02/2024, n’ibwo kandi humvikanye urusaku rw’imbunda ku maposisiyo ya basirikare b’u Burundi muri iy’i Ntara ya Bubanza. Iyo mirwano yabaye ku Cyumweru yasize ihitanye abasirikare b’u Burundi bagera muri batandatu, icyo gihe ho, byavuzwe ko ari umutwe wa Red Tabara wari wagabye icyo gitero.

        MCN.
Tags: BubanzaGihungwe zone GihangaIbiteroIgisirikare cy'u Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo itandukanye niyahoraga ikorwa.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo itandukanye niyahoraga ikorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?