• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo itandukanye niyahoraga ikorwa.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo itandukanye niyahoraga ikorwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bongeye gutegura imyigaragambyo igamije gusaba leta ya Kinshasa kuvanaho imisoro iyari yo yose.

N’i bikubiye mu rwandiko rwa nditswe na Sosiyete sivile, itsinda ry’abanyagihugu ndetse n’abanyamakuru ba korera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Urwo rwandiko rwa shizwe hanze ku wa Gatanu, tariki ya 01/03/2024, ruvuga ko iyo myigaragabyo izaba mu Cyumweru gitaha, tariki ya 05/03/2024.

Uru rwandiko rusaba ubutegetsi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gutangaza ko iy’i Ntara ikwiye kwitwa ko ari agace kari mu bibazo, bityo rero abagatuye bagomba gukurirwaho imisoro iyari yo yose, m’urwego rwo gufatanya n’ubutegetsi mu bibazo bamazemo igihe by’intambara zurudaca.

Bagize bati: “Mu byukuri bwana umukuru w’u Mujyi, nyuma y’ihungabana ry’u mutekano n’imibereho myiza y’abaturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, turi abanyamuryango bimiryango itegamiye kuri leta. Reka tukumenyeshe ko twateguye imyigaragambyo y’amahoro, isaba ko dukurirwaho imisoro iyari yo yose, kubera ibibazo by’i ntambara zurudaca duhoramo.”

Urwo rwandiko kandi rimenyesha abaturage bose n’ubuyobozi ko bazatangira iyo myigaragabyo igihe c’isaha ya saambili z’igitondo.

Bakomeje bavuga ko urugendo bazakora ruzahera ku muhanda wa Mutinga rukomereze ku biro bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu bya gisirikare.

Basoje basaba Meya w’u Mujyi wa Goma kuzamenyesha inzego zishinzwe umutekano kubahiriza amategeko, ndetse no kuzabaha abapolisi bazarindira umutekano abazaba bari muriyo myigaragambyo.

                       MCN.
Tags: GomaImyigaragambyoKuvanaho imisoro iyari yo yose

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n’amaguru bahunga uwo Mujyi.

Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n'amaguru bahunga uwo Mujyi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?