Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 4, 2025
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.
106
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.

You might also like

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda.

Igisirikare cy’u Rwanda kizwi nka RDF, cyakoze impinduka ku myambaro yacyo, kuko utudarapo turiho ibendera ry’igihugu cyabo twambarwaga ku maboko twahinduwe uko tugaragara.

Utu tudarapo twavanwe mu ibara rigaragara duhindurwa mu ibara ritagaragara neza.

Iyi nkuru dukesha ibitangazamakuru byo mu Rwanda, ivuga ko ibyo byatangiye kugaragara mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo, ngo hari nyuma y’aho bamwe mu basirikare b’iki gihugu cy’u Rwanda batangiye kugaragara bambaye imyambaro y’igisirikare cyabo iriho utudarapo dushya tutagarara neza.

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda yemeje aya makuru ubwo yari mu kiganiro na IGIHE akibwira ko izo mpinduka ko zabaye gusa ku myambaro y’igisirikare cya RDF.

Yagize ati: “Aka mbere karabonaga cyane, ariko aka karijimye, nta yindi mpamvu.”

Uyu muvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda yakomeje avuga ko bakeneye kuvanaho amabara agaragara cyane, ngo kuko n’imyambaro bagiye bahinduye amabara amwe bakajya kuyandi. Asobanura ko umwambaro wa gisirikare ugomba kugira “camouflage.”

Bizwi ko amabara ya camouflage yihariye akoreshwa kugira ngo umuntu, inyamanswa, cyangwa ikintu kitagaragara neza aho giherereye, kugira ngo kibashe kwibumbira mu mabara y’ibimera bikigose.

Iyi camouflage ifasha kwihisha cyangwa kutagaragaza ikintu neza, mu gihe hari ibyago byo kugabwaho igitero cyangwa mu gihe cy’u bwirinzi.

Tags: RDFRwandaUmwambaro
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yaburiye buri muntu wese ngo wigamba ko azatera u Rwanda, ababwira ko kuba rudafite...

Read moreDetails

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

"Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa," Perezida Kagame. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagaragaje ko raporo z'impuguke za L'oni zitajya zivuga ubufasha Congo iha umutwe wa FDLR,...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko u Rwanda na Uganda byifuza amahoro arambye, u bushuti n'ubufatanye mu baturage...

Read moreDetails

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma. Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yashyizwe...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze raporo iheruka gushyirwa hanze n’impungenge za Loni.

by Bruce Bahanda
July 3, 2025
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

U Rwanda rwanenze raporo iheruka gushyirwa hanze n'impungenge za Loni. Raporo iheruka gushyirwa hanze n'impungenge za Loni ishinja u Rwanda gusahura umutungo kamere wa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burusiya yaganiriye n’uwa Amerika ku bibazo by’intambara.

Perezida w'u Burusiya yaganiriye n'uwa Amerika ku bibazo by'intambara.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?