Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igitero cya Red-Tabara cyangije iby’abaturage mu Mibunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 7, 2024
in Regional Politics
0
Igitero cya Red-Tabara cyangije iby’abaturage mu Mibunda.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cya Red-Tabara cyangije iby’abaturage mu Mibunda.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amakuru ava muri Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko mu gitero umutwe witwaje imbunda urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wagabye ahar’ejo mu gace kamwe ko mu majyepfo ya Mibunda, abaturage bakinyagiwemo ibirimo amatungo magufi n’amazu yabo arasha!

Ni igitero Red-Tabara yagabye mu rukerera rwo ku wa Gatanu tariki ya 06/12/2024, i kigaba mu birindiro by’abarwanyi ba Maï Maï bya Tabunde.

Tabunde ni agace gaherereye muri Localité ya i Lulu muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu makuru Minembwe.com yamaze kwakira ikesha abaturiye ibyo bice, ahamya ko iki gitero cyahitanye abarwanyi 17 barenga bo mu mutwe wa CNPCS wa Maï Maï.

Nyuma Maï Maï yarahunze ihunga igana amajyaruguru ya Tabunde, aho ni kw’Itara no mu tundi duce two muri ibyo bice.

Gusa, uyu mutwe umaze kw’irukana Maï Maï mu birindiro byabo bya Tabunde, ndetse no kubitwika birakongoka. Red-Tabara yerekeje mu kandi gace ka Malingi, akari gasanzwe kagemurira Maï Maï iragasahura n’abaturage bakarimo bahungira mu mashyamba araho hafi.

Mu byagasuhuwemo birimo amatungo magufi, ihene, inkoko n’ibindi birimo n’ibyokurya.

Kugeza ubu amakuru dufite nuko aba baturage ba Banyindu bahunze bava mu mugace ka Malingi bataragaruka baracyaherereye mu mashyamba.

Kimweho cyo, nta muturage wavuzwe waba yaraguye muri ibyo bitero usibye abarwanyi ba maï maï baguye i Tabunde ho muri i Lulu.

Hagati aho umutekano wongeye kugaruka muri Mibunda mu duce twari twagabwemo ibitero, nubwo abahunze bo bataragaruka mu muhana wa Malingi.

Tags: Maï MaïMalingiTabunde
Share47Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

Ibiganiro byahuje komanda Secteur n'Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?