• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Igitero cyagabwe mu nkengero za centre ya Minembwe, cyasubijwe inyuma rugikubita.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano yabaye ejo mu misozi y’i Mulenge yafatiwemo imbunda ziremereye.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cyagabwe mu nkengero za centre ya Minembwe, cyasubijwe inyuma rugikubita.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye kuri Kalongi mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, abarwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bagisubije inyuma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Kalongi ni imwe mu mavilage aherereye mu Burasizuba bwa komine ya Minembwe, werekeza mu bice bigana ahatuwe n’Ababembe byo muri secteur ya Mutambara muri teritware ya Fizi.

Ahagana mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 07/05/2025, ni bwo ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zagabye igitero muri iki gice cya Kalongi gisanzwe gituwe n’abasivili benshi, aho n’aba barwanyi b’uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bari aho hafi.

Nyuma y’aho icyo gitero kigabwe muri kiriya gice, Twirwaneho na M23 bahise bacyerekezamo, ubundi ibyo kurasa imbunda bihabwa umwanya.

Amakuru ava muri icyo gice ahamya ko iryo rasana ryabaye umwanya muto, kuko ririya huriro ry’ingabo zo kuruhande rwa Leta zagabye kiriya gitero bahise bakizwa n’amaguru.

Kugeza ubu ntabyangiritse biratangazwa, ariko amakuru yibanze agaragaza ko hari abaturage bari bavuye mubyabo barahunga, nubwo bongeye kubigarukamo.

Ndetse kandi bivugwa ko ku ruhande rwa Twirwaneho na M23 ntawapfuye cyangwa ngwakomereke, mu gihe ku ruhande rwagabye kiriya gitero byavuzwe ko hatorogawe imirambo yabo itatu, n’imbunda imwe yo mu bwoko bwa AK-47 n’amasasu yayo.

Iki gitero kije gikurikira ikindi iri huriro ry’ingabo za Congo ziheruka kugaba mu gice cya Mukoko kitari mu ntera ndende uvuye aha kuri Kalongi.

Amakuru yatanzwe icyo gihe yavugaga ko uru ruhande rwa Leta rukunze kugaba ibitero ku Banyamulenge, rwakibabarijwemo, kuko rwambuwe imbunda zikomeye zirimo iza musaada n’izindi zito. Rwamburwa kandi n’amasasu menshi.

Sibyo gusa, kuko kandi uru ruhande rwa Leta rwagitakarijemo n’abasirikare bayo, barimo ab’u Burundi, aba FARDC, FDLR na Wazalendo.

Kuva Twirwaneho na M23 byafata isantire ya Minembwe, tariki ya 21/02/2025, inkengero zayo zimaze kugabwamo ibitero byinshi, aho iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa rubigaba mu rwego rwo kugira ngo bisubize iki gice cy’i ngenzi gituwe cyane n’Abanyamulenge.

Ubundi Minembwe izwiho kuba yibitseho ubutunzi kamere butandukanye, burimo zahabu, ubutaka bwera cyane kubihingwa, ndetse kandi izwiho kuba igira n’ubworozi bwiza bw’inka n’andi matungo magufi.

Tags: FardcIgiteroKalongi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.

Havuzwe impamvu zatumye ubutumwa bwa SADC muri RDC butagera ku ntego.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?