• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni bikubiye mu nyandiko zashinzwe hanze n’ishyaka rya AREP risanzwe ribarizwa mu ihuriro rya UNION SACREE ya perezida Félix Tshisekedi, aho iz’i nyandiko zimenyesha ko Me Doudou Tikaïleli wari usanganywe imirimo itandukanye muri iri shyaka yifatanije na AFC ya Corneille Nangaa irwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Nk’uko iz’i nyandiko zibigaragaza n’uko madame Doudou Tikaïleli yari umuyobozi w’ungirije wa Leta ushinzwe gushyira mu bikorwa, ubukangurambaga ndetse kandi akaba yari umwe mu bashinzwe ibibazo by’amatora muri Federasiyo yo mu Ntara ya Tshopo.

Iz’i nyandiko zinagaragaza kandi ko madame Doudou Tikaïleli yinjiye muri iri shyaka rya AREP ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kabiri umwaka w’ 2023, aza kwegura kuri izi nshingano, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka, nyuma yo kugaya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari nabyo byatumye agana muri AFC.

Iz’i nyandiko zikomeza zivuga ko mu ntangiriro z’iki Cyumweru abo muri iri shyaka rya AREP bagize gutya babona madame Doudou Tikaïleli arimo gukoresha ibiganiro mu ihuriro rya AFC ya Corneille Nangaa, bityo iri shyaka rihita rifata icyemezo cyo kumenyesha ko Madame Doudou atakiri umwe mu bagize ishyaka rya AREP risanzwe ribarizwa mu ihuriro rya UNION SACREE ya perezida Félix Tshisekedi.

Madame Doudou Tikaïleli ni imvukire yo muri iyi Ntara ya Tshopo ari nayo Corneille Nangaa avukamo.

Doudou azwi kandi no kuba yarigeze kuba kandida mu matora ya Guverineri w’iyi Ntara ya Tshopo yahoze yitwa Kisangani.

Amakuru ava muri ibyo bice, yemeza neza ko ubu madame Doudou Tikaïleli yakiriwe neza muri AFC , ndetse amashusho hari naho amugaragaza ari gukoresha ibiganiro mu ngabo za M23 isanzwe ibarizwa mu ihuriro rya AFC.

            MCN.
Tags: AFCCorneille NangaaDoudou TikaïleliTshopo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umuhanzi Israel Mbonyi uri mubakunzwe cyane mu karere, yishimiye uko yakiriwe mu gihugu cya Uganda.

Umuhanzi Israel Mbonyi uri mubakunzwe cyane mu karere, yishimiye uko yakiriwe mu gihugu cya Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?