Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 24, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu nyandiko zashinzwe hanze n’ishyaka rya AREP risanzwe ribarizwa mu ihuriro rya UNION SACREE ya perezida Félix Tshisekedi, aho iz’i nyandiko zimenyesha ko Me Doudou Tikaïleli wari usanganywe imirimo itandukanye muri iri shyaka yifatanije na AFC ya Corneille Nangaa irwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Nk’uko iz’i nyandiko zibigaragaza n’uko madame Doudou Tikaïleli yari umuyobozi w’ungirije wa Leta ushinzwe gushyira mu bikorwa, ubukangurambaga ndetse kandi akaba yari umwe mu bashinzwe ibibazo by’amatora muri Federasiyo yo mu Ntara ya Tshopo.

Iz’i nyandiko zinagaragaza kandi ko madame Doudou Tikaïleli yinjiye muri iri shyaka rya AREP ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kabiri umwaka w’ 2023, aza kwegura kuri izi nshingano, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka, nyuma yo kugaya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari nabyo byatumye agana muri AFC.

Iz’i nyandiko zikomeza zivuga ko mu ntangiriro z’iki Cyumweru abo muri iri shyaka rya AREP bagize gutya babona madame Doudou Tikaïleli arimo gukoresha ibiganiro mu ihuriro rya AFC ya Corneille Nangaa, bityo iri shyaka rihita rifata icyemezo cyo kumenyesha ko Madame Doudou atakiri umwe mu bagize ishyaka rya AREP risanzwe ribarizwa mu ihuriro rya UNION SACREE ya perezida Félix Tshisekedi.

Madame Doudou Tikaïleli ni imvukire yo muri iyi Ntara ya Tshopo ari nayo Corneille Nangaa avukamo.

Doudou azwi kandi no kuba yarigeze kuba kandida mu matora ya Guverineri w’iyi Ntara ya Tshopo yahoze yitwa Kisangani.

Amakuru ava muri ibyo bice, yemeza neza ko ubu madame Doudou Tikaïleli yakiriwe neza muri AFC , ndetse amashusho hari naho amugaragaza ari gukoresha ibiganiro mu ngabo za M23 isanzwe ibarizwa mu ihuriro rya AFC.

            MCN.
Tags: AFCCorneille NangaaDoudou TikaïleliTshopo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuhanzi Israel Mbonyi uri mubakunzwe cyane mu karere, yishimiye uko yakiriwe mu gihugu cya Uganda.

Umuhanzi Israel Mbonyi uri mubakunzwe cyane mu karere, yishimiye uko yakiriwe mu gihugu cya Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?