• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryungutse andi maboko mashya.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni bikubiye mu nyandiko zashinzwe hanze n’ishyaka rya AREP risanzwe ribarizwa mu ihuriro rya UNION SACREE ya perezida Félix Tshisekedi, aho iz’i nyandiko zimenyesha ko Me Doudou Tikaïleli wari usanganywe imirimo itandukanye muri iri shyaka yifatanije na AFC ya Corneille Nangaa irwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Nk’uko iz’i nyandiko zibigaragaza n’uko madame Doudou Tikaïleli yari umuyobozi w’ungirije wa Leta ushinzwe gushyira mu bikorwa, ubukangurambaga ndetse kandi akaba yari umwe mu bashinzwe ibibazo by’amatora muri Federasiyo yo mu Ntara ya Tshopo.

Iz’i nyandiko zinagaragaza kandi ko madame Doudou Tikaïleli yinjiye muri iri shyaka rya AREP ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kabiri umwaka w’ 2023, aza kwegura kuri izi nshingano, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka, nyuma yo kugaya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari nabyo byatumye agana muri AFC.

Iz’i nyandiko zikomeza zivuga ko mu ntangiriro z’iki Cyumweru abo muri iri shyaka rya AREP bagize gutya babona madame Doudou Tikaïleli arimo gukoresha ibiganiro mu ihuriro rya AFC ya Corneille Nangaa, bityo iri shyaka rihita rifata icyemezo cyo kumenyesha ko Madame Doudou atakiri umwe mu bagize ishyaka rya AREP risanzwe ribarizwa mu ihuriro rya UNION SACREE ya perezida Félix Tshisekedi.

Madame Doudou Tikaïleli ni imvukire yo muri iyi Ntara ya Tshopo ari nayo Corneille Nangaa avukamo.

Doudou azwi kandi no kuba yarigeze kuba kandida mu matora ya Guverineri w’iyi Ntara ya Tshopo yahoze yitwa Kisangani.

Amakuru ava muri ibyo bice, yemeza neza ko ubu madame Doudou Tikaïleli yakiriwe neza muri AFC , ndetse amashusho hari naho amugaragaza ari gukoresha ibiganiro mu ngabo za M23 isanzwe ibarizwa mu ihuriro rya AFC.

            MCN.
Tags: AFCCorneille NangaaDoudou TikaïleliTshopo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umuhanzi Israel Mbonyi uri mubakunzwe cyane mu karere, yishimiye uko yakiriwe mu gihugu cya Uganda.

Umuhanzi Israel Mbonyi uri mubakunzwe cyane mu karere, yishimiye uko yakiriwe mu gihugu cya Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?