Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ijoro rya keye mu nkengero za Mushaki habaye Urugamba rukaze n’ingabo z’u Burundi zarugaragayemo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabati na Ruvunda, habereye i mirwano mw’ijoro.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Igihe c’isaha umunani z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishira kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, ihuriro ry’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wagner, Ingabo z’u Burundi (FNDB) na Wazalendo bagabye ibitero mubice bigenzurwa n’Ingabo za Gen Sultan Makenga, na hatuwe n’a baturage.

Nk’uko byavuzwe biriya bitero byagabwe mugace ka Kabati na Ruvunda no mu nkengero zaho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Ay’amakuru yanemejwe na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, akoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, yagize ati: “Mu Gitondo cya kare, rya huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zongeye kutugabaho ibitero mu bice byose byo muri Ruvunda na Kabati no mu nkengero zaho zose.”

Yakomeje avuga ati: “Ingabo za ARC/M23 zikomeje kurwana kinyamwuga no kurwanirira abaturage.”

Bisimwa yanahamije ko biriya bisasu byarashwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ko byangirije ibintu by’abaturage ariko ko Ingabo za Gen Sultan Makenga zikomeje kw’irukana ziriya Ngabo za RDC kugira ngo u mutekano wongeye ugaruke muri ibi bice.

Tubibutsa ko ahabereye i mirwano yo muri irijoro ryakeye ni mu nkengero za Mushaki ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi na FDLR ndetse na Wazalendo.

Iy’i mirwano yongeye guhindura isura no kuzana ubundi bukana kuya 03/12/2023, ni nyuma y’uko ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa zo mw’itsinda rya FDLR bari bamaze gupfusha umuyobozi ukomeye Colonel Gaby Ruhinda.

Gusa iy’i mirwano yongeye gutuma u mutwe wa M23 ukomeza gufata utundi duce nk’u duce twose turi mu nkengero ya Mushaki na Sake.

N’imirwano byavuzwe ko n’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri Kivu y’Amajyaruguru mu buryo bwa EAC zikomeje kugaragaramo.

Bruce Bahanda.

Tags: Mw'ijoro rya keya mu nkengero za Mushaki habaye Urugamba rukaze n'ingabo z'u Burundi zagaragaye mo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abacuruzi b'imyumbati n'ibindi biribwa ba bujijwe ku bizamura muri bi Bogobogo ahatuwe n'abaturage benshi ba Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?