• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Ni amakuru akomeje gucicikana ku mbugankoranyambaga, avuga ko kubera abajura baraye barasagura amasasu menshi i Goma ijoro ryose ryo kuri uyu wa Kabiri rishira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21/08/2024, Abanye-goma byatumye barara biruka ndetse bakanikanga burinda buca.

Umujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wakunze guhura n’ibibazo by’u mutekano muke ahanini biva ku bajura bibisha intwaro kandi z’ubwoko bwose, ni mu gihe bamwe baza bwitwaje grenade, AK-47, ndetse n’abandi hari ababa bafite imbunda zirimo iza Mashin gun.

Aya makuru avuga ko amasasu yatangiye kuraswa ku mugoroba w’ajoro w’ejo hashize, ndetse aza kongera kumvikana igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye ngo nk’igihe c’isaha ya saa tanu na nyuma yazo.

Kandi nk’uko iy’inkuru ibivuga amasasu menshi yavugiye mu duce twa Kasika na Katindo ho muri uyu mujyi wa Goma.

Binavugwa kandi ko abaturage baturiye uyu mujyi wa Goma, bavuga ko bikomeza kuba bibi kurushaho kuko umutekano muke uvugwa mu bice byose by’u mujyi.

Umwe mu banyamakuru baturiye ibyo bice, Rodriguez Katsuva, yashize inyandiko hanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga, avuga ko abiba bamena inzugi, bagakomeretsa abaturage bamwe bakubiswe ingumi abandi batewe ibyuma.

Kandi yongeraho ko ubufasha bwa Polisi budahagije.

Ukurikiye Sosiyete sivile muri teritware ya Nyiragongo, Jean Mambo Kawaya, nawe yumvikanye atabaza umuyobozi w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru uyiyobora gisirikare, Major Gen Peter Cirumwami Nkuba nyuma y’uko amasasu yari yarashwe cyane ku mugongo wo ku wa Kabiri agasiga akomerekeje abantu batatu.

Abakomeretse barimo umugore n’abagabo babiri bose barashwe amaguru.

Teritware ya Nyiragongo niyo teritware ipakanye n’umujyi wa Goma.

Uduce twarasiwemo abantu turi mu nkengero z’umujyi wa Goma, muri Grupema ya Munigi nka hitwa Turungu, ubwo ayo masasu yavugaga hari igihe c’isaha ya saa kumi n’ebyeri z’umugoroba wajoro.

Hari na video yashizwe hanze igaragaza abaturage biruka bahunga amasasu, ndetse n’abo bakomeretsemo bamwe aho bahise bajanwa mu bitaro, nk’uko iyi video ibyerekana.

Ibyo byabaye mu gihe, inzego zishinzwe umutekano zari ziheruka gufata ingamba zo guhashya amabandi arimo abasirikare n’abapolisi n’urubyiruko rwa Wazalendo rusanzwe rufasha FARDC kurwanya umutwe wa M23.

Ikibabaje, mu bihe bitandukanye ubuyobozi bwagiye bugaragaza ko abafatirwa mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi i Goma harimo na bamwe mu bashinzwe umutekano.

          MCN.
Tags: GomaUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Hari ibyatangajwe ku itabwa muri yombi ry’uwahoze ari minisitiri w’ubutabera muri RDC.

Hari ibyatangajwe ku itabwa muri yombi ry'uwahoze ari minisitiri w'ubutabera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?