• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ikibazo cy’Abashinwa baheruka gufatirwa muri Kivu y’Epfo ntikivugwaho rumwe.

minebwenews by minebwenews
January 8, 2025
in Regional Politics
0
Amakuru ava muri Kivu y’Epfo aravuga uko hafunzwe abashinwa batatu n’icyo bazira.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikibazo cy’Abashinwa baheruka gufatirwa muri Kivu y’Epfo ntikivugwaho rumwe.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, sosiyete sivile yaho ntivuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa ku kibazo cy’Abashinwa batatu baheruka gufatanwa izahabu n’amadolari y’Amerika 800,000, bakaba barafatiwe muri teritware ya Walungu.

Mu mpera zakiriya Cyumweru gishize ni bwo abashinwa batatu bafatiwe i Walungu aho bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.

Amakuru avuga ko bafatanywe ibipande 12 bya zahabu n’amadolari y’Amerika angana na 800.000.

Jean-Jacques Perusi, guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, yasobanuye ko iyo zahabu n’ayo madolari byari bihishe munsi y’intebe z’impdoka bari barimo.

Mu gufata bariya Bashinwa, hakoreshejwe operasiyo yo mu ibanga.

Sosiyete sivile nayo yarakaniye mu gihe yari maze kumva ko ubutunzi bwabo bugiye koherezwa ahandi harimo n’i Kinshasa.

Ari nabwo iyi sosiyete sivile yo muri Kivu y’Amajy’epfo yahamagariye abaturage gukora imyigaragambyo.

Iyi myigaragambyo yarakozwe, ndetse mu kuyikora bitwaje ibyapa byanditseho amagambo agira ati: “Twa maganye ubusahuzi, n’imikoranire y’abashinwa n’abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Aba bari mu myigaragambyo biraye mu mihanda, bagenda bavuga ko iyo zahabu n’ayo madolari bigomba kugirira akamaro abaturage bo muri Kivu y’Amajy’epfo.

Gusa, hakaba hari andi makuru avuga ko guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo yariye kuri ayo madolari kandi ko ashaka kohereza ayasigaye i Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya RDC.

Ukuriye ibiro bya sosiyete sivile muri Kivu y’Amajy’epfo, yavuze ko abo bashinwa bagomba kugezwa imbere y’ubutabera.

Yagize ati: “Ariko twamaze kumenya ko abo bashinwa bajanwa i Kinshasa hamwe n’ibyo bafatanwe, ubwo ni uburyo bworoshye bwo guhisha ikibazo no gutorokana izo miliyoni z’amadolari yagombye gufasha abaturage ba Kivu y’Amajy’epfo.”

Umwaka ushize nabwo, mu kwezi kwa Cumi nabiri hari abandi bashinwa 17 bafashwe bashinjwa ko bari bafite ikirombe cya zahabu bacukuaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ariko byarangiye boherejwe mu gihugu cyabo bidegembya.

Tags: AmadolariSud-kivuZahabu
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Umudepite watangaje ko FARDC yafashe centre ya Masisi, yahawe urwamenyo!

Umudepite watangaje ko FARDC yafashe centre ya Masisi, yahawe urwamenyo!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?