• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umudepite watangaje ko FARDC yafashe centre ya Masisi, yahawe urwamenyo!

minebwenews by minebwenews
January 8, 2025
in Regional Politics
0
Umudepite watangaje ko FARDC yafashe centre ya Masisi, yahawe urwamenyo!
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umudepite watangaje ko FARDC yafashe centre ya Masisi, yahawe urwamenyo!

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Alexis Bahunga yatanze ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, avuga ko ingabo za Congo zigaruriye centre ya Masisi n’utundi duce duherereye hafi aho duheruka gufatwa n’umutwe wa M23.

Ni ubutumwa bwatumye ibinyamakuru bikorera mu kwaha k’u butegetsi bwa Kinshasa bikomeza gutangaza aya makuru aho birimo kugaragaza ko FARDC yigaruriye zone ya Masisi no mu nkengero zayo.

Depite Alexis Bahunga, ubwo yabitangaza yagize ati: “Ndemeza ko Ingabo zacu zigaruriye centre ya Masisi, ndetse kandi zafashe na Localité ya Lushebere na Mushaki.”

Yakomeje agira ati: “Turasaba Guverinoma yacu gukomeza gufasha Wazalendo na FARDC, ibahe ibikoresho byo guhasha umwanzi.”

Nubwo uyu mudepite yatangaje ibi ariko FARDC ntirabyemeza, ndetse umwe mu Banye-Kongo yakoresheje urubuga rwe rwa x, maze agira ati: “Biratangaje kubona umudepite watowe n’abaturage ababeshya benaka kageni. Nta soni kutangaza ibyo FARDC itaremeza! Noneho tuvuge ko ari wewe wayifashe!”

Uwitwa Musemakweri we yagize ati: “Uratangiye kandi kubesha, bwana depite Alexis Bahunga, ujye witonda! Ejoho, nti wari wabeshye kandi ngo FARDC yafashe Ngungu kandi ikirimo M23, n’ahandi M23 iracyahari.”

Kugeza ubu ntacyo umutwe wa M23 uragira icyo uvuga kuri iyi nkuru, kimwecyo umuvugizi w’ungirije mu bya politiki, Oscar Barinda asubiza ku byatangajwe n’umuryango w’u bumwe bw’u Burayi n’Amerika aho basabaga ko aba barwanyi bava muri centre ya Masisi ngo kuko ifatwa ry’uyu mujyi ryatumye ibintu bizamba. Barinda yagize ati: “Ntabwo tuzawuvamo, aha ni agace ki wacu . Turava iwacu tujehe?”

Yakomeje agira ati: “Umuntu ntiyakwemera ko bamwica ngo bamurangize. Masisi ni gakondo yacu, ayo mazina yose ni twe twayise, dufite uburenganzira bwo kuhaba. Ntabwo tuhava.”

Yashimangiye ibi avuga ko M23 irwana yirwanaho, kuko irwana isubiza ibitero by’ingabo za RDC mbere yokuzirukana ikigarurira uduce.

Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo abarwanyi b’umutwe wa M23 babohoje isantire ya Masisi izwi nka gace k’ingenzi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Hagataho amakuru yatanzwe n’abaturiye hafi ya centre ya Masisi, ahamya ko M23 ariyo ikiri muri centre ya Masisi ndetse hubwo ko ikomeje kwigarurira n’utundi duce.

Tags: Alexis BahungaDepiteMasisi
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Hon. Olivier Rumenge yagize icyo abwira Abanyamulenge muri iyi minsi mikuru, ndetse aranabihanganisha.

Rumenge yagaragaje ko Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?