Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ikiganiro cya Papa Francis na perezida wa Tanzania, cyakoze no ku mirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Ikiganiro cya Papa Francis na perezida wa Tanzania, cyakoze no ku mirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa Francis, umushumba mukuru widini rya Katolika yaganiriye na perezida wa Tanzania ku byerekeye imirwano ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo no ku bibazo bya karere ka Afrika y’iburasizuba.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni byaciye mu itangazo rya shizwe hanze n’ibiro bya Papa Francis, aho iryo tangazo rivuga ko Papa Francis yaganiriye na perezida Samia Suluhu uri i Vatican mu rugendo rwa kazi.

Nk’uko ribivuga n’uko aba bayobozi bombi baganiriye ku bibazo biri mu karere i gihugu cya Tanzania kibarizwamo ndetse n’ibindi bibazo mpuzamahanga biriho muri iki gihe. Kuri iki kibazo impande zombi bagaragaje ko bafite ubushake bwo kurangiza intambara, ahanini ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ingabo za Tanzania ziri mu mirwano na M23 mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC aho zoherejwe mu butumwa bwa SADC zihuriyemo n’iza Afrika y’Epfo na Malawi.

Ingabo za SADC zatsimbuye iz’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF) zavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera kudafasha leta ya perezida Félix Tshisekedi kurwanya M23.

Gusa, n’ubwo ingabo za SADC ziri muri RDC gufasha igisirikare cy’ico gihugu, ariko zishinjwa na M23 gukoresha imbunda ziremereye mu kwica abaturage bafatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR na Wazalendo.

Perezida Samia Suluhu muri urwo ruzinduko yabonanye kandi n’abayobozi barimo umunyabanga wa leta ya Vatican ushinzwe umubano wa Vatican n’ibihugu n’imiryango mpuzamahanga, Paul Richard Gallagher, nawe baganiriye ku mutekano wa karere, nk’uko iryo tangazo rikomeza ribivuga.

Bruce Bahanda.

Tags: Intambara ya muri RDCPapa FrancisSamia Suluhu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.

Nyuma y'uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?