• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ikiganiro cya Papa Francis na perezida wa Tanzania, cyakoze no ku mirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Ikiganiro cya Papa Francis na perezida wa Tanzania, cyakoze no ku mirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa Francis, umushumba mukuru widini rya Katolika yaganiriye na perezida wa Tanzania ku byerekeye imirwano ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo no ku bibazo bya karere ka Afrika y’iburasizuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byaciye mu itangazo rya shizwe hanze n’ibiro bya Papa Francis, aho iryo tangazo rivuga ko Papa Francis yaganiriye na perezida Samia Suluhu uri i Vatican mu rugendo rwa kazi.

Nk’uko ribivuga n’uko aba bayobozi bombi baganiriye ku bibazo biri mu karere i gihugu cya Tanzania kibarizwamo ndetse n’ibindi bibazo mpuzamahanga biriho muri iki gihe. Kuri iki kibazo impande zombi bagaragaje ko bafite ubushake bwo kurangiza intambara, ahanini ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ingabo za Tanzania ziri mu mirwano na M23 mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC aho zoherejwe mu butumwa bwa SADC zihuriyemo n’iza Afrika y’Epfo na Malawi.

Ingabo za SADC zatsimbuye iz’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF) zavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera kudafasha leta ya perezida Félix Tshisekedi kurwanya M23.

Gusa, n’ubwo ingabo za SADC ziri muri RDC gufasha igisirikare cy’ico gihugu, ariko zishinjwa na M23 gukoresha imbunda ziremereye mu kwica abaturage bafatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR na Wazalendo.

Perezida Samia Suluhu muri urwo ruzinduko yabonanye kandi n’abayobozi barimo umunyabanga wa leta ya Vatican ushinzwe umubano wa Vatican n’ibihugu n’imiryango mpuzamahanga, Paul Richard Gallagher, nawe baganiriye ku mutekano wa karere, nk’uko iryo tangazo rikomeza ribivuga.

Bruce Bahanda.

Tags: Intambara ya muri RDCPapa FrancisSamia Suluhu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.

Nyuma y'uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?