• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake, abaturage bahamagariwe gutuza no gutekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho u Mujyi wa Sake wamaze kuja mu maboko y’ingabo za General Sultan Makenga (M23).

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ahagana isaha zakumi z’igicamunsi cyo kuri uy’u wa Kabiri, itariki ya 13/02/2024, ku masaha ya Minembwe na Goma, n’ibwo M23 yafashe Centre nyirizina ya Sake, ibarizwa muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano yo gufata Sake, yahereye kuva k’u munsi w’ejo hashize, ku wa Mbere, aho habaye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bikavugwa ko urwo rugamba ko rwa komeje kubera mu nkengero z’iyi centre iri mu ntera y’ibirometre 27 na Goma, ndetse bivugwa ko M23 yafashe ibice bimwe bya Sake harimo udusozi twu namiye Centre nyirizina.

Iy’i mirwano yaje kongera kuramukira mu nkengero za Sake, kuri uyu wa Kabiri, arinayo birangiye Sake ifashwe n’ingabo za General Sultan Makenga, nk’uko byemezwa n’itangazo M23 imaze gushira hanze kuri uyu mugoroba

Ni itangazo ririho umukono w’u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.

Muri iryo tangazo rihamagarira abaturage baturiye Sake gutuza no gutekana. Rikomeza rimenyesha abaturage ko M23 ije kubarinda ko kandi ikomeje kwirukana ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abo ivuga ko bica abasivile harimo abagore n’abagabo ndetse n’abana.

Nyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake abaturage bamwe babyishimiye maze batangira gutanga ubutumwa ku nshuti zabo bakoresheje za audio, bahamagarira Abanye-kongo by’umwihariko abahunze Sake, ko basabwa kongera kugaruka. Izi audio zira nemeza neza ko M23 kuri ubu igenzura u Mujyi wa Sake.

Ubu tumwa bugira buti: “Ubu ntanga iy’i audio M23 niyo igenzura u Mujyi wa Sake, bayigezemo isaha ya saa munani z’i gicamunsi. Centre yose irimo M23.”

Bukomeza bugira buti: “Abaturage mwese mwahunze mugana mu Gunga, ndabahamagarira kugaruka muze tuyoboke M23.”

Centre ya Sake izwi nka hantu hingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ikaba ifashwe mu gihe yarimo ingabo ka buhariwe, iza SADC, FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo, n’Ingabo z’u Burundi na FDLR.

Ibi bituma abasenguzi benshi bemeze ko nta kabuza n’u Mujyi wa Goma ko waba ugiye gufatwa mu gihe kitari kirekire. Dore ko binavugwa ko M23 yamaze gufata Sake ihuta ikomeza ija Mubambiro, ibice bigana Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Abaturage ba hamagariwe gutuzaM23Sake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
U Mujyi wa Goma, wisanze watandukanijwe n’ibindi bice byose bigize Kivu Yaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, kubera.

U Mujyi wa Goma, wisanze watandukanijwe n'ibindi bice byose bigize Kivu Yaruguru na Kivu y'Amajy'epfo, kubera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?