• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imbere mu gihugu cy’u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2024
in Regional Politics
0
Imbere mu gihugu cy’u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imbere mu gihugu cy’u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni nyandiko zatangiye ku vugwa ku wa 01/07/2024, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Gitega, murizo, zimwe zagiye zifatwa amafoto, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe ushinzwe gutabariza abarundi bari mu kaga.

Izindi nyandiko zatoraguwe ku munsi w’ejo hashize, zitoragurwa mu ngoro y’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, ahazwi nka Ntare Rushatsi, harimo izatoraguwe imbere mu biro, n’izindi mu nkengero zo muri aka gace.

Ubuhamya bwatanzwe n’abaziboneye buhabwa Pacifique, buvuga ko mu “Ngoro kwa Ntare Rushatsi no hanze yaho” hatoraguwe inyandiko zisebya umukuru w’igihugu cy’u Burundi, kandi ibyanditsemo ntibitandukanye cyane n’izindi nyandiko ziheruka gutoragurwa i Gitega ku itariki ya 01/07/2024.

Bukomeza buvuga ko “abantu batangaye ukuntu izo mpapuro zageze indani mu ngoro ntihagire n’ufatwa cyangwa ngo byibuze ngo habe uwakekwa gukora ibyo.”

Na no ne kandi yahawe ubundi buhamya bugira buti: “Mu nkengero zo mu ngoro kwa Ntare Rushatsi, hatowe ama tracts yiyama umukuru w’igihugu. Gusa abantu baguye mu kantu. Kandi ibi byabaye mu gitondo.”

Nk’uko byasobanuwe iz’i nyandiko zatoraguwe zarimo ibyanditse bishinja perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye kuba yarashize igihugu mu kaga, ndetse kandi zikamusaba kwegura ku neza amazi atararenga inkombe.

Iz’i nyandiko kandi zihamagarira abarundi guhaguruka kugira ngo bavaneho ubutegetsi bubashira mu kaga, ndetse ngo zikanavuga ko iki ari cyo gihe cyo kugira ngo impinduka zigaragare mu Burundi.

Binavugwa kandi ko ziriya nyandiko zishinja Evariste Ndayishimiye gukoresha umutungo w’igihugu mu byiwe no kube bitari ku nyungu z’igihugu.

Abasesenguzi bavuga ko ari nyandiko zishobora kuba ziva mu bategetsi bari mu ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD, kandi ko biboneka ari ntambara iri mu bategetsi bo hejuru.

Ibi babivuga bashingiye kuba zimwe muri izi nyandiko zatoraguwe indani mu ngoro y’umukuru w’igihugu no hafi yaho.

Gusa ibi bikaba bisanzwe mu Burundi kwa ndika ama tracts yiyama abategetsi, nubwo ibi byo bisa nibirushijeho kugira ubukana ni mu gihe ziri gutoragurwa mu mabiro y’abategetsi bo hejuru.

               MCN.
Tags: BurundiEvariste NdayishimiyeIntambara y'amagamboNtare RushatsiTracts
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo.

Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?