• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imfungwa zifungiye aho Bunyoni ari zatanze ubutumwa buteye ubwoba bw’uko amerewe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in Conflict & Security
0
Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imfungwa zifungiye aho Bunyoni ari zatanze ubutumwa buteye ubwoba bw’uko amerewe

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Imfungwa zifungiiye muri gereza nkuru ya Gitega ari na yo Lieutenant General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi; zatanze ubutumwa zivuga ko “atabona, atavuga kandi ko atakicyumva.”

Bikubiye mu butumwa bwatanzwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 09/10/2025, na Pacific Nininahazwe ukuriye ishirahamwe ritabariza benewabo bari mu kaga, rya FECODE.

Mbere y’uko Pacific atanga ubu butumwa yagaragaje ko yabuhawe n’imfungwa zifungiiye i Gitega ku murwa mukuru wa politiki w’u Burundi. Avuga ko Bonyine afunzwe nabi, kandi ko ashobora no kwicwa.

Yagize ati: “Abaheruka kwandika bagaragaza ko Bonyine afungiwe ahawenyine, barakoze cyane, kuko byatumye perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yohereza abaja ku mureba. Bahageze basanga atumva, atabona kandi atakivuga.”

Yakomeje ati: “Ni gihe avuze avuga ibitari ku murongo. Asigaye ameze nk’umusazi utazi iyo ava n’iyo aja.”

Ubu butumwa bunagaragaza kandi ko “Bunyoni asigaye ahabwa ibiryo akabyanga, ndetse kandi ko mbere yamwaga amata gusa, ariko ko ubu na yo asigaye ayanga.”

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko leta y’i ki gihugu yoba ifite umugambi wo kumuhitana, ni mu gihe ku cyumweru bategetse ushyinzwe ku mugaburira kubihagarika, mu rwego rwo kugira ngo azarye ahabwa ibitegurirwa izindi mbohe, bityo bikagaragaza ko ari uburyo butegura ku mugirira nabi.

Ati: Abakozi bashyinzwe ku mugaburira bafite amakenga ko hoba hariho umugambi wo kumuhitana.”

Banavuga ko batangazwa n’uburyo Leta izi neza indwara ye, ariko ntiyihutire kumuvuza.
Ni naho Pacific Nininahazwe yahise agira ati: “Imbohe ni umuntu nk’abandi. Afite uburenganzira bwo kwivuza. Kumwangira kwivuza rero ni ukumuhohotera. Ntaho bihuriye n’igihano aba yarahawe. Uburenganzira bw’infungwa Bunyoni ni bw’ubahirizwe.”

Yasoje asaba ubutegetsi bw’u Burundi kutibagirwa ko isi idasakaye, ushobora kuba utavirwa uyu munsi ariko ejo ukavirwa.

Ati: “Bayobozi mwibagirwa vuba. Uko mugira uwo mwahoranye ejo, namwe niko muzagenzerezwa. Ntawe uzi ejo hiwe. Nimwubahe uburenganzira bw’imfungwa kandi namwe buzubahirizwe ni mwagerayo.”

Tags: BunyoniBurundiNtabonaNtiyumva
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yavuganye n’abayobozi ba Amerika ku by’umutekano wa RDC

Perezida Kagame yavuganye n'abayobozi ba Amerika ku by'umutekano wa RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?